Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali n’ubw’Akarere ka Nyarugenge baherutse gushyira ibuye ry’ifatizo n’umusingi ahazubakwa irerero rifite agaciro ka Miliyoni Frw 30 rizuzura mu minsi 60. Rizakira abana 240 r...
Umujyi wa Kigali wahaye amasezerano y’umwaka umwe ikigo kitwa CALL ME Ltd ngo kijye gikorera isuku Stade Kigali Pélé Stadium. Ni nyuma y’uko itangazamakuru rigaragaje ko iyi stade yari igiye kuba ikim...
Raporo isobanura uko abatuye umujyi wa Kigali babayeho n’uko babona ibyo bakorerwa yitwa Citizen Report Card, CRC, y’umwaka wa 2022 yerekana ko Akarere ka Kicukiro ari ko, muri rusange, gafite abatura...
U Rwanda rwasanze kubaka ibikorwaremezo bitandukanye ari uburyo bwiza bwo kuzamura urwego rw’ubukerarugendo. Rumwe mu nzego zazamukiye muri iri shoramari ni urwego rw’ubukerarugendo bushingiye ku nama...
Bamwe mu batuye Akagari ka Musezero, ahitwa Beretwari mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo bavuga ko hari uruganda ruri hafi aho rubasakuriza, ariko abandi bakavuga ko ababivuga babeshya ahubwo b...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje kugeza ubu hari inzu 27,000 zugarijwe no kuba zasenywa n’ibiza kubera ko zubatswe mu manegeka. Ziherereye mu mirenge 35 igize uturere dutatu tw’Umujyi wa Kigal...
Abantu 16 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’inkongi ikomeye yisabiye inyubako yabagamwo abantu benshi iri mu Mujyi wa Dubai. Dubai niwo mujyi utuwe cyane kandi ukorerwamo byinshi muri Leta zunze u...
Umuvugizi w’ingabo za FARDC zikorera muri Kivu y’Amajyaruguru witwa Lt Col Njike Kaiko yavuze ko ari bo, mu mayeri ya gisirikare, baretse k’ubushake M23 ifata umujyi wa Kitshanga banga ko abasivili ba...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko igihe kigeze ngo abatuye Umujyi wa Kigali n’abawugenda bamenye ko guca mu bisitani bitemewe kandi bazirikane ko ababikora bazabihanirwa. Guca cyangwa guta imyan...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali hamwe na Polisi y’u Rwanda buraburira abatuye uyu mujyi ko mu minsi mikuru abajura bashobora kuziyongera bityo ko kuba maso ari ngombwa. Umuyobozi w’uyu mujyi witwa Puden...









