Umujyi wa Kigali uvuga ko ibigo byahawe izi modoka ari umunani nyuma yo kuzuza ibisabwa. Ni Bisi zatanzwe kuri uyu wa Gatanu kugira ngo zongerere imbaraga izari zisanzwe zikorera muri uyu mujyi ariko ...
Taarifa yacumbuye imenya uburiganya bwabaye mu ipiganwa ry’isoko ryari ryatanzwe ngo hatunganywe ikimpoteri cya Nduba. Ni isoko ryari rifite agaciro kari hagati ya miliyoni $250 na miliyoni $500, uwir...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi, MINECOFIN, yatangaje ko yigije imbere italiki abo bireba bazishyuriraho umusoro ku bukode, umusoro ku nzu n’umusoro ku butaka. Itangazo ryayo rivuga ko iyo taliki 29...
Perezida wa Repubulika yaraye ahaye abayobozi inshingano nshya. Umwe muri benshi yazihaye ni Pudence Rubingisa watangiye kuyobora Umujyi wa Kigali muri 2019 asimbuye Rwakazina Marie Chantal usigaye uh...
Nyuma yo kumva ibyo Transparency International yabonye mu isesengura yakoze kuri raporo y’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta, Umunyamabanga mukuru wungirije wa RIB witwa Consolée Kamarampaka yasabye ko...
Mu gihe Polisi y’u Rwanda ikangurira abanyamaguru kumenya uko bambuka neza umuhanda baciye ahabugenewe bita zebra crossing, ku rundi ruhande hari abashoferi bavuga ko hari izasibamye k’uburyo kuzibona...
Minisitiri y’ibikorwa remezo yasohoye amabwiriza y’uko hagiye kubaho uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali. Kimwe mu byo aya mabwiriza ateganya ni uko hagiye gushyirwaho parikingi yiha...
Muri Teritwari ya Nyiragongo havutse umutwe w’urubyiruko rwatojwe gisirikare bise UFPC ( Union des Forces Patriotiques du Congo). Abawugize kugeza ubu barabarirwa mu magana, bakemeza ko bahisemo...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwaraye bubwiye itangazamakuru ko igihe kigeze ngo Abamasayi bazunguza imari bagane amasoko nk’abandi Banyarwanda nibitaba ibyo bahagarike ubwo bucuruzi. Abamasayi bamaze...
Mu rwego rwo kurinda abaturage kubuzwa amahwemo n’urusaku kandi bakeneye kuruhuka, Inama y’Abaminisititi yashyizeho amasaha ntarengwa ibikorwa by’imyidagaduro bigomba kuba byafunze. Mu mibyizi ntibigo...









