Umukino wahuje amakipe akomeye muri Guinea Conakry warangiye nabi nyuma y’uko abafana batemeranyije n’umwanzuro w’umusifuzi bakarwana muri bo hagapfa abantu 56. Ibi byago byabereye m...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyahawe moto 39 zo kugeza ku bigo nderabuzima n’ibitaro byo hirya no hino mu Turere dutanu kugira ngo zizafashe abajyanama b’ubuzima kugera ku...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko hari kwigwa uko mu masaha y’urujya n’uruza rwinshi muri uyu mujyi hazashakwa uko imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zihabwa imihanda yazo gusa. Ni um...
Hari umufatanyabikorwa wa Kiyovu Sports witwa Gorillas Coffee ugiye kuyiha $50,000 azayifasha gukomeza kwiyubaka. Kiyovu Sports imaranye igihe ibibazo birimo n’ibyo yafatiwe na FIFA birimo kutagura ab...
Abatuye mu Mijyi y’u Rwanda bakunze kwambara isaha, haba iburyo cyangwa ibumoso. Abatayambara bayigendana kuri telefoni zabo, abandi bakagira isaha mu ngo zabo no mu biro. Icyakora ntibibabuza gukerer...
Harangije gukusanywa Miliyari Frw 400 zo kuzubaka umujyi ku nkengero z’ikiyaga cya Ruhondo aho gikora ku Karere ka Musanze. Ubuyobozi bw’aka Karere buvuga ko uwo mujyi uzubakwa mu rwego rwo kongera ah...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyamata,mu Karere ka Bugesera, butangaza ko hari kuvurirwa abarwayi babiri b’indwara y’ubushita bw’inkende muri 13 bakekwaho iyi ndwara. Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Nyamata...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abamotari bose bakorera mu Mujyi wa Kigali bazatabira Inama izabahuriza kuri Pele Stadium i Nyamirambo. Mu itangazo rya Polisi handitsemo ko iriya nama izatangira ...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buributsa Abanyarwanda ko nta muntu wemerewe kwanduza umuhanda. Ni ubutumwa bureba abantu ku giti cyabo, abafite ibikorwa by’ubwubatsi aho imodoka ziva cyangw...
Madamu Jeannette Kagame yaraye yitabiriye ibirori bifungura iserukiramuco mpuzamahanga ribereye bwa mbere mu Rwanda ryiswe KigaliTriennial2024. Rizamara iminsi icyenda rikazahuriramo abahanzi barenga ...









