Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko u Rwanda rwarangije gutegura no gutanga imbanzirizamushinga y’ibyo rwifuza ko byazashyirwa mu ...
Mu rwego rwo gukora inshingano z’ubuhuza aherutse gushingwa na Afurika yunze ubumwe, Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassingbé yahuye na mugenzi we wa DRC Tshisekedi bagira ibyo baganira. Ibir...
Umuryango wa Afurika yunze ubumwe uherutse kugena Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassingbé ngo abe umuhuza mu kibazo kiri hagati ya M23, u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni inshingano...
João Lourenço uyobora Angola yatangaje ko atakiri umuhuza hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, avuga ko ubu agiye gushyira imbaraga mu nshingano yahawe zo kuyobora Afurika yun...
Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na Mai Mai mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, iyi mirwano ikaba yabereye muri teritwari ya Rutshuru. Radio Okapi yanditse ko imirwano iri kubera by’umwihariko mu duce M2...




