Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Nyamagabe bwafunze abagabo batanu bukurikiranyeho ibyaha birimo ubwinjiracyaha mu bwicanyi. Ni ubwicanyi bivugwa ko bwakorewe umugabo n’umugore we, ubwo babasan...
Mu rwego rwo guca urugomo rukorwa n’abashumba bo mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bwako bwanzuye ko buri wese uragira agomba kugira ikarita imuranga. Imyaka irashize abaturage bo mu mirenge nka Cyanzarw...
Mu Murenge wa Jabana, mu Karere ka Gasabo haravugwa umugabo witwa Nzaramba watemye umugore we aramwica bapfuye Frw 15,000 ahita ajya kwirega kuri Polisi. Byabaye kuri uyu wa Kane Taliki 05, Mutarama...
Umugabo yaciye mu rihumye abari bashinzwe kurinda inzu mberabyombi aho Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Bwana Carly Nzanzu Kasivita yaganiriraga n’abashinzwe umutekano ajya kumutema. Byabere...



