Mu rukerera rwo kuwa Tariki 12, Nzeri, 2025, abagabo babiri bo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango bavugwaho ko bateye urugo rw’umuturanyi bashaka kumwiba ihene, abahungu be baratabara ba...
Saa kumi n’ebyiri za mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17, Mutarama, 2025 mu Murenge wa Mageragere ahitwa ku gasenteri ka Nyarufunzo umugore witwa Niyonizeye Ruth yatemye umugabo we w’umumotari...
Umusore wo mu karere ka Huye mu Murenge wa Huye, Akagari ka Sovu akurikiranyweho kwica atemye umukecuru yasanze mu nzira akamwadukira ntacyo bapfuye. Uyu musore afite imyaka 38 y’amavuko n’aho umukecu...
Mu Murenge wa Gikundamvura mu kagari ka Kizura, hakaba mu Karere ka Rusizi Thacienne Nyirandababonye aravugwaho gutema nkana ikiganza cy’umusore witwa Elisé Habanabashaka asanzwe abereye Mukase bapfa ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umugabo wo mu Karere ka Kayonza ukekwaho kwica umugore we n’abana batatu yafashwe ariko ngo yararuciye ararumira ntiyavuga icyamuteye gukora ayo ...
Mu Mudugudu wa Nyarubuye mu Kagari ka Buhanda, Umurenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango abaturage baraye babonye umurambo w’umugore witwa Béatrice Musanabera bivugwa ko yishwe atamaguwe n’umugore wa...
Mu Murenge wa Ruhango Akarere ka Ruhango haravugwa amakuru y’umusaza watemye umukwe we wari uje gucyura umugore we ariko akazana amahane. Uwo mukwe witwa Callixte Nzeziryayo avuga ko yagiye gucyura um...
Umurundi witwa Fidèl Bucumi ari gushakishwa uruhindu na Polisi yo muri Komini ya Gatara mu Ntara ya Kayanza mu Burundi imukurikiranyeho kwicisha umuhoro abana be babiri abaciye amajosi. Umwe afite imy...
Amakuru Taarifa izindutse imenya avuga ko mu Mu Mudugudu wa Nyamise, Akagari ka Kabaliza mu Murenge wa Rutunga hari umugabo waciye mugenzi we umutwe bapfa agataro k’ibijumba byeze mu murima bafatanyij...
Hafashimana Usto alias Yussuf ni umugabo ukomoka mu Karere ka Ngororero aza i Kigali gushaka imibereho ariko abikora yiba. Yabwiye itangazamakuru ko yasangaga umuzamu asinziriye ahantu akamuca umutwe,...









