Mu Buhinde habereye ubukwe bivugwa ko ari bwo bwa mbere buhenze muri Aziya mu mateka ya vuba aha! Ubwo bukwe bwateguwe ku ngengo y’imari ya miliyoni £ 250. Ni ubw’umuhungu w’umukire wa mbere muri Aziy...
Mu Kagari ka Kibagabaga mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo hari abasore babiri babwiye itangazamakuru ko bakubiswe n’Umuhinde abagira intere. Umwe mu bakubiswe afite imyaka 18 undi akagira im...
Gautam Adani yabaye umuntu wa gatatu ukize kurusha abandi ku isi. Abo arusha ubukire barimo na Jeff Bezos, Warren Buffet na Bill Gates baza bamukurikiye. Uwa mbere ukize kurusha abandi ku isi ni Umuf...
Abakorera uruganda rusoroma rukanatunganya icyayi ruri mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu ruzwi nka Pfunda bahagaritse by’agateganyo akazi basanzwe bakora muri uru ruganda. Umwe mu baturiy...



