Kuri uyu wa Kane Taliki 15, Nzeri, 2022 abakunda umuziki uhimbaza Imana mu Rwanda bararanye agahinda nyuma y’inkuru y’urupfu rw’umuhanzikazi wamamaye ku izina rya Precious. Yapfuye afite imyaka 27 y’a...
Nyuma ya rwaserera yatejwe n’umukire w’i Burundi wamushyitse ku nkenke ngo amwishyure amafaranga undi akayamuha ari ntanyurwe, akamwaka andi kandi mu buriganya, umuhanzi w’Umunyarwanda Bruce Melodie y...
Umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri Taliki 23, Kanama, 2022 inshuti n’abavandimwe ndetse n’abafana ba Burabyo Dushime Yvan baraye bamusezeyeho mu cyubahiro kitigeze gihabwa undi muhanzi watabarutse kugeza...
Umwe mu bahanzi bari bakunzwe kurusha abandi witwa Yvan Buravan yapfuye. Yaguye mu Buhinde azize cancer y’urwagashya nk’uko byatangajwe n’abasanzwe bakurikirana inyungu ze. Apfuye akenyutse kuko yari...
Igitaramo cya kabiri cyo mu iserukiramuco ryiswe MTN/ATHF cyacuranzwemo umuhanzi wo muri Nigeria uri mu bakomeye muri iki gihe witwa Kizz Daniel nacyo cyatangiye gitinze nk’uko byagenze ku cyakibanjir...
Intore Bruce ufite ikigo gitegura ibitaramo kitwa Intore Entertainment yabwiye Taarifa ko ibyo umuhanzi Kenny Sol ashinja abategura ibitaramo ko babarira mu mibare bagashaka kubakoresha mu nyungu zab...
Umwe mu bahanzi bakunzwe muri iki gihe witwa Kenny Sol yasohoye inyandiko ya paji ebyiri yikoma abategura ibitaramo ko babura abahanzi. Ku isonga avuga ko ikigo kitwa Intore Entertainment cyamuhaye a...
Nyuma y’uko abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bashyiriye iterabwoba ku muraperi ukomoka iwabo ariko uba mu Bufaransa witwa Youssoufa ko naza mu Rwanda ibizamubaho azabyirengera, uwitwa La...
Umuhanzi w’Umunyamerika witwa Robert Sylvester Kelly yaraye akatiwe igifungo cy’imyaka 30. Kubera ko yavutse mu mwaka wa 1967, ubu akaba afite imyaka 55 bivuze ko igifungo cye azakirangiza afite imya...
Rajab Abdul Kahali usanzwe uzwi mu kazi ko guhanga indirimbo ku izina rya Harmonize yatawe muri yombi na Polisi ya Kenya imukurikiranyeho kubona amafaranga mu buryo bufifitse. Akurikiranyweho kwaka ab...









