Umuririmbyi uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi ukomoka muri Amerika witwa Britney Jean Spears yasabye abafana be kumubabarira bakamuha agahenge kubera ko hari n’abarengera bakamwoherereza ubutumw...
Umuhanzi ukomoka muri Jamaica witwa Collin Demar Edwards wamenyekanye nka Demarco yaraye i Kigali mu rwego rwo kuruhuka kugira ngo azahakorere igitaramo kimeze neza. Giteganyijwe taliki 28, Mutarama, ...
Umuhanzi wo muri Tanzania, Harmonize yaarye ageze i Kigali. Bivugwa ko aje kwitemberera kuko nta gitaramo yatangaje. Akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali yakiriwe na mugenzi we ukunzwe mu Rwanda ku...
Daniella Atima Mayanja arasaba inzego z’umutekano gufata kandi zigakurikirana umugabo we Jose Chameleone uherutse gufatwa amashusho akubita umumotari. Uyu mugore yavuze ko umuntu wese uhohotera abandi...
Ruti Joël yaraye atangarije abatabiriye igitaramo “Rurasugiye” cyateguwe n’itorero Ibihame by’Imana ko hari indirimbo yandikiwe na Yvan Buravan uherutse gutabaruka. Zimwe muri zo yaziriri...
Imyaka 12 irashize umuhanzi w’Umurundi bamwe bafata ko ari uw’ibihe byose muri kiriya gihugu atabarutse.Uwo ni Jean Christophe Matata. Matata yavutse mu mwaka wa 1960 atabaruka taliki 03, Mutarama, 20...
Umuhanzi uri mu bamaze igihe muri aka kazi kurusha abandi mu Rwanda witwa Makanyaga Abdoul arwariye bikomeye mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali nk’uko kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda kibyemeza...
Amakuru hanze aha aravuga ko Nasibu Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz akaba ari umuhanzi ukomoka muri Tanzania azataramira abatuye Umujyi wa Kigali taliki 23, Ukuboza, 2022 Ni mu gitaramo kiswe P...
Umunyarwandakazi uvanga imiziki wamamaye ku izina rya DJ Brianne yageze i Bujumbura barahurura. Niwe wavangiye imiziki Bruce Melodie ubwo aheruka yo. Abantu b’ingeri zitandukanye baje kureba uwo Munya...
Rwiyemezamirimo, akaba umuhanzi ndetse n’umunyamakuru w’imyidagaduro witwa Uncle Austin yatangaje ko agarutse gukorera Radio yitwa Kiss FM yari amaze amezi umunani asezereyeho. Yasezeye kuri Kiss FM ...








