Uyu mugabo wahoze mu itsinda Urban Boys yatangiye gukora umuziki ku giti cye. Avuga ko bitari byoroshye ko akomeza gukorana na mugenzi we Nizzo kubera ko buri wese muri iki gihe afite ibyo ahugiyeho. ...
Timothée Ngombwa ni umwe mu bantu bahimbye indirimbo nyinshi kuko yemeza ko zirenga 100 zirimo izagize uruhare mu rugamba rwo kubohora igihugu. Izo zirimo nka Ziravumera, Ziganjamarembo, n’izindi. A...
Umuhanzi Bruce Melodie akaba na rwiyemezamirimo yabwiye itangazamakuru ko kuba ikipe ye yatsinzwe mu mukino wayo na REG Basketball Club atari ikintu cyo gutindaho cyane kuko mu gihe kiri imbere bizake...
Umusore bita X-Dealer( amazina nyayo ni Eric Ndagijimana) yakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge gufungwa iminsi 30 y’agateganyo nyuma y’uko rusanze impamvu zatanzwe n’ubushinjacyaha zo kumufung...
Jose Chameleone yavuye mu bitaro nyuma y’igihe runaka yari amaze mu bitaro kubera kwibasirwa n’uburwayi bwo mu nda. Yari arwariye mu bitaro byitwa Aline Medical Hospital Minneapolis muri Leta ya Minne...
Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone arembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera kurwara igifu. Muri iyi minsi yagiye kuvurirwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Mu minsi yatambutse abagan...
Urutonde ‘Top Chart Africa’ rugaragaza uko indirimbo z’abahanzi bo muri Nigeria zagiye zumvwa kurusha izindi. Burna Boy niwe uza imbere ya bagenzi. Uwavuga ko ari nawe ukunzwe kurusha abandi muri Afur...
David Icyishaka uzwi nka Davis D mu mwuga w’ubuhanzi yaraye agongoye umumotari kuri SEGEMU i Gikondo. Ku bw’amahirwe nta muntu yahitanye. Iriya mpanuka ku masaha ya mbere ya Saa Sita, ibera mu Akarer...
Eddy Kenzo afite imyaka 33 y’amavuko akaba umwe mu bahanzi bo muri Uganda bakunzwe kandi kuva mu myaka myinshi ishize. Ubu ari ku rutonde rw’ibyamamare bikomeye ku isi bizahatanira ibihembo biri mu bi...
Umuhanzi ukomeye kurusha abandi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Koffi Olomide yifatiye mu gahanga bagenzi be muri kiriya gihugu bahora bashinja u Rwanda kubiba imitungo. Mu kiganiro yahaye umu...









