Umunyafurika y’Epfo[kazi] wamamaye ku izina rya Tayla yahembwe ibihembo bitatu byateguwe n’ikigo cy’Abanyamerika gihemba abahanzi b’indashyikirwa ku rwego rw’isi, kimuha ibihembo bitatu bya MTV Awards...
Céline Uwase ni umuhanzi utaragera kure cyane mu mwuga we. Gusa ni umwe mu bahanga baririmbira Imana indirimbo ziyihimbaza. Mu ndirimbo aherutse gusohora, harimo ubutumwa bugenewe ab’ubu bagaragara n...
Umuhanzi Bikem wa Yesu( asanzwe yitwa Emmanuel Bikorimana) avuga ko intego ye mu myaka itanu iri imbere ari uko Abakristo muri rusange bazaba bazi indirimbo byibura 150 mu zigize igitabo cy’indirimbo ...
Imyaka ibaye ibiri umuhanzi wari inyamamare kurusha benshi mu Rwanda Yvan Buravani atabarutse. Taliki 17, Kanama, 2022 nibwo inkuru mbi yasesekaye ko Burabyo Yvan yapfuye nyuma y’igihe runaka yari ama...
Ubwo umwe mu bapasiteri ukomeye kandi uririmbira Imana witwa Mike Kalambayi yakoreshaga igitaramo abantu bakuzura umwuka wera, baje gukandagirana hapfamo barindwi. Radio na Televiziyo bya Repubulika y...
Umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda witwa Nel Ngabo avuga ko kuva umwaka wa 2024 watangira yakoranye na bagenzi be indirimbo nziza kandi ko ibyo ari ibyo kwishimirwa. Nk’ubu aherutse gukorana na DJ Tox...
Kayirebwa yaraye ashimiwe ko ari umuhanzi wagize uruhare rugaragara mu kuzamura umuziki nyarwanda. Yabyambikiwe ikamba n’abakunzi b’umuziki nyarwanda wa gakondo. Muri iki gihe Cécile Kayirebwa afite i...
Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana witwa Tonzi yatangaje ko urupfu rwa Yvan Buravan rwamushenguye umutima ku buryo bwatumye ahimba. Ndetse ngo byanamuhaye igitekerezo cyo kwita alubumu ari hafi gus...
Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda Niyo Bosco yatangaje ko yiyeguriye kuririmba indirimbo zihimbaza Imana. Aherutse kubwira itangazamakuru ko imibereho ye muri iki gihe ikubiyemo kwiyegurira Imana no ...
Umuhanzi Ruti Joël arateganya gukorera igitaramo mu Mujyi wa Portland muri Amerika. Ni igitaramo azakora taliki 30, Werurwe, 2024 mu nzu mberabyombi yitwa Merrill Auditorium iri muri Leta ya Maine. Ru...









