David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido muri Nigeria yishimiye kugirwa umunyamuryango wa Recording Academy, ikigo gitegura irushanwa rya Grammy Awards. Davido avuga ko bizamubera umwanya wo guhindur...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga yabwiye itangazamakuru ko Ariel Wayz afunganywe n’undi muhanzi witwa Babo( ni Umunyarwandakazi ufit...
Umunyamideli Sandra Teta wari wafunzwe na Polisi ya Uganda akurikiranyweho kugonga nkana umugabo we amakuru aravuga ko yarekuwe. Uyu ubu arwariye mu bitaro by’ahitwa Nsambya naho umugore yari afungiwe...
Mu kuririmbira abitabiriye iserukiramuco The Giants of Africa bari baje kureba uko rirangizwa, The Ben yacuranze indirimbo Habibi ivuguruye. Yacuranze kandi izindi ndirimbo akoresheje gitari, piyano a...
Emerence Bwiza ari gutegura igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, kikazahurirana n’isabukuru ye y’amavuko. Kizaba Tariki 9, Kanama, 2025 kibere muri Kigali Universe kandi kwi...
Umunyarwandakazi ukora umuziki kandi bisa n’ibyahiriye, Alyn Sano yasobanuriye itangazamakuru ry’imyidagaduro ko hari ikigo cyo muri Amerika(Label) bagiranye amasezerano y’imikoranire ariko kiramuvuni...
Sentore Lionel waririmbye imwe mu ndirimbo zacuranzwe cyane mu mwaka wa 2024 mu gihe cyo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi( yari Paul Kagame) agiye kumurika alubumu iriho iyo ndirimbo n’izindi. Mu...
Emérance Bwiza, umuhanzi nyarwanda ubihagazemo neza avuga ko indirimbo aherutse gusohora yise Martha yayihimbye yisunze ubutumwa bukubiye mu yindi ya mukuru we mu buhanzi witwa Miss Jojo yise Beretiri...
Ariel Wayz yabaye Umunyarwanda[kazi] wa mbere usinyishijwe na Universal Music Group (UMG), kimwe mu bigo bikomeye ku Isi mu bijyanye n’imyidagaduro. Ishami ry’iki kigo muri Afurika niryo ryamusinyishi...
Umunyarwanda wamamaye ku isi kubera gucuranga Reggae akaba yarakuriye kwa Bob Marley witwa Natty Dread yatabarutse azize uburwayi nk’uko abo mu muryango we babibwiye itangazamakuru. Yari amaze iminsi ...









