Amezi abaye abiri imodoka ziganjemo amakamyo zarananiwe kuva mu byondo byazifatiye mu muhanda uhuza Gina na Pimbo muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri. Imvura imaze iminsi igwa muri iki gice yatu...
Saa kumi n’imwe n’iminota 25 z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 26, Nzeri, 2023 ahitwa Ryarubaga mu Kagari ka Nyagahinga, Umurenge wa Rusororo habereye impanuka y’ ikamyo yashatse guca ku ...
Hirya no hino mu Rwanda, Polisi yaraye isubukuye mu buryo bufite ingufu, ubukangurambaga yise ‘Gerayo Amahoro’. Bugamije kwibutsa abakoresha umuhanda bose ko iyo batarangaye, bakamenya koroherana no g...
Nyuma y’uko ikiraro gihuza Umurenge wa Runda n’uwa Rugarika cyangiritse, abaturage babuze uko bahahirana. Barasaba inzego bireba kugisana kugira ngo urujya n’uruza rwongere rukorwe. Ababyeyi bo bahang...
Impanuka yaraye ibereye i Rubavu yatumye Polisi ifata icyemezo cy’uko umuhanda Rubavu, Musanze ugana i Kigali uba ufunzwe. Byakozwe mu rwego rwo kugira ngo ikamyo yafunze uyu muhanda ibanze iwukurwemo...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wingirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yabwiye abapolisi n’abasirikare bamaze amezi ane bishirizwa i Gishari uburyo gucunga umutekano wo m...
Ishami rya Polisi y’Igihugu rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryaraye ritangaje ko kugeza taliki 21, Ukuboza, 2022, abantu 500 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka. Byatangajwe ku wa Kane...
Icyaduka mu Rwanda bamwe bayivumiraga ku gahera bavuga ko ari icyuma cyazanywe no gucisha abantu amafaranga. Ndetse hari n’ubwo na Perezida Kagame yakigarutseho avuga ko kuba cyandikira abantu amafara...
Abayobozi mu Turere twa Nyarugenge, Rulindo na Gakenke bari ku gitutu cyo gusobanura aho amafaranga yo kubaka umuhanda Nzove-Ruli-Gakenke yarengeye. Ni umuhanda Perezida Kagame yemereye abatuye muri ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugaruka ku kamaro k’ubufatanye bw’Abanyarwanda mu guteza imbere igihugu cyabo. Hari mu muhango wo gutaha ku mugaragaro umudugudu watujwemo imiryango 4...









