Abo mu Kagari ka Karusimbi mu Murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke bavuga ko umuhanda bakoreshaga bahahirana n’abo mu Mirenge itandukanye ya Rusizi wangijwe n’imvura. Bavuga ko ibice byangijwe ...
Mu buryo bamwe bakekaga ko bushoboka, imvura yaguye kuri iki Cyumweru taliki 07, Mutarama, 2024 yongeye itengura ubutaka bukikije umuhanda uva i Karongi ugana i Nyamasheke buwugwamo none wongeye kuta...
Inkangu ikomeye yari yafunze umuhanda Karongi-Nyamasheke yakuwe mu nzira ubu wasubiye kuba nyabagendwa nk’uko Polisi yabitangaje kuri X. Ni umuhanda uca za Karongi ahitwa ‘Dawe Uri ...
Umuhanda wa Bunyogombe uturuka ahazwi i Kibingo ugaca ahitwa i Karambo ku Kagari ka Buhoro ugana ahitwa Yezu Nyirimpuhwe hari gukorwa umuhanda wa kilometero 4.5 uzafasha urujya n’uruza rw’abajya kuhak...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatashye ku mugaragaro umuhanda w’ibilometero 208 uva Kagitumba ugaca Kayonza ukarangirira Rusumo. Ni umuhanda uhuza u Rwanda, Uganda na Tanzania, ukaba usanzwe ari ingirak...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Madamu Patricie Uwase yabwiye Abasenateri ko Umushinwa wapatanye kubaka umuhanda wa Prince House-Rwandex-Kanogo yawusondetse. Ni igisubizo yatanz...
Ishami rya Sosiyete ishinzwe iby’ingufu (REG) mu Karere ka Muhanga ryatangiye kurimbura amapoto y’amashanyarazi yari imaze umwaka ishinze. Ubuyobozi bwayo bwabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko bayakuye ...
Mu gihe Polisi y’u Rwanda ikangurira abanyamaguru kumenya uko bambuka neza umuhanda baciye ahabugenewe bita zebra crossing, ku rundi ruhande hari abashoferi bavuga ko hari izasibamye k’uburyo kuzibona...
Ahitwa Nyamunuka hafi y’umuhanda bita Katwe muri Uganda haraye hiciwe mukerarugendo wo mu Bwongereza n’uwo muri Afurika y’Epfo ndetse n’uwari ubaherekeje ukomoka muri Uganda. Ikigo cya Uganda gishinzw...
Umujyi wa Kigali, RURA n’izindi nzego zamurikiye itangazamakuru bisi nini zizafasha abatuye Umujyi wa Kigali mu kujya cyangwa kuva ahantu runaka badategereje igihe ‘kirekire’. Zazanwe na Kompanyi y...









