Mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri mu Murenge wa Nyamyumba, Akagari ka Rubona, Umudugudu wa Gitsimbi Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage SEDO yarashwe akaguru umupolisi amwitiranyije ...
Iki gice cy’umuhanda wa Nyamasheke- Rusizi cyangirikiye mu Kagari ka Buvugira, Umudugudu wa Bujagiro mu Murenge wa Nyabitekeri. Byabereye mu ishyamba rya Nyungwe ahitwa Kamiranzovu. Imvura nyinshi yag...
Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda Superintendent of Police(SP) Emmanuel Kayigi avuga ko mu gihe kiri imbere Polisi igiye gutangira guhana abantu bafite ibinyabizi...
Igice cy’umuhanda wa Goma kiri ahitwa Kimashini cyafunzwe n’abigaragambya bakoresheje amabuye. Ni igice cyahuzaga umuhanda Goma-Sake. Iyi myigaragambyo amakuru Taarifa ifite avuga ko yatangiye k...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, Polisi y’u Rwanda n’ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kugorora abana bataye umuco, baraye baganiriye n’ababyeyi bafite abana baba mu muhanda bababwira ko burya nab...
Umuhati wo gutunganya umuhanda Huye-Rusizi , Nyamagabe-Huye ngo imodoka zimwe na zimwe zishobore gutambuka waraye ukomwe mu nkokora n’ikamyo yahaciye inanirwa kuhava kubera gusaya. Kuri uyu wa Kabiri ...
Inzego zishinzwe ubwubatsi bw’imihanda zatangiye gusana umuhanda Huye-Rusizi waraye utenguwe n’imvura nyinshi n’amazi y’umugezi wa Mwogo uca hagati ya Huye na Nyamagabe ugakomereza mu bindi bice. Nyum...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Mutarama, 2024 ingendo ziva Huye, Nyamagabe, Nyamasheke-Rusizi zahagaze bitewe n’uko uyu muhanda waraye usenyutse nk’uko inkuru yacu yaraye ibitangaje. Ama...
Imashini z’amoko atandukanye zikora umuhanda zageze aho zitangirira akazi kuri uyu wa Kane taliki 11, Mutarama, 2024. Ni iz’ikigo Fair Construction cyapatanye n’ikigo RTDA ngo kizako...
Mu rwego rwo koroshya ubuhahirane hagati y’abatuye imirenge itandatu mu mirenge 13 igize Akarere ka Rutsiro, hagiye kubakwa umuhanda ufite ibice bimwe bya kaburimbo yoroheje n’ikindi cy’ig...









