Mu Murenge wa Nyange hari amakuru avuga ko umugore wari warabuze, abaturage bakamutabariza yabonetse yarapfuye. Umurambo we bawusanze mu masangano y’umugezi wa Nyabarongo n’umugezi wa Secoko. Bamwe mu...
Uwo mugore w’imyaka 34 y’amavuko yitwaga Niyokwiringirwa Sifa akaba yari atuye mu Mudugudu wa Gabiro, Akagari ka Buhaza, Umurenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu. Abo bazukuru ba Shitani bamuteye icyum...
Iby’uko uyu muhanzi w’icyamamare mu Burasirazuba bw’Afurika yahagaritse ubukwe yari yaranatangiye gutegurira inkwano byatangajwe na mushiki we witwa Esma Platnumz. Esma yabwiye Wasafi FM ko imiryango ...
Ngirimana Adolphe w’imyaka 23 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu yiyahuje umuti wa Tiyoda uzwiho kwica udukoko nyuma y’icyumweru kimwe arongoye. Ntiharamenyekana icyabimuteye! Kuri uyu wa Mbere taliki 1...
Ubuyobozi bwo mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Bweyeye buravuga ko hari umugabo wishe umugore we amukubise ishoka mu mutwe. Buvuga ko yamujijije igiti yari agiye gutema mu ishyamba ryabo ngo agicane. ...
Kabera Védaste wahoze umukozi ushinzwe imiyoborere myiza mu Ntara y’Amajyepfo yabwiye uurukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga ko yahaye ruswa umukozi wa RIB kugira ngo yice isari kuko ba...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi buvuga ko hari umugore bwataye muri yombi bumukurikiranyeho guta uruhinja rwe mu cyobo gitwara amazi. Ku mpamvu turataramenya, biravugwa ko uwo mug...
Mu Mudugudu wa Kamashashi, Akagari ka Mpushi mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi harivugwa umugore witwa Nagahozo Devotha w’imyaka 35 wapfiriye ku nzira ajya kubyarira kwa muganga. Uyu mubyey...
Siborurema Jean de Dieu w’imyaka 35 wo mu Karere ka Gisagara aracyekwaho kwica umugore witwa Uwingeneye w’imyaka 24 agahita atoroka. Byabaye mu gicuku cyo ku wa 21 rishyira 22 Mutarama 2024 saa saba (...
Umugore ufite ubumuga bwo kutabona witwa Nyirahabiyambere Mwadjuma yagize ibyago inzu ye irakongoka. Byaraye bibereye mu Mudugudu wa Mbagira, Akagari ka Kamashangi, Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Ru...









