Mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi haravugwa gutemana hagati y’abantu babiri bacukura amabuye y’agaciro mu mugezi wa Nyabahanga uri mu Murenge wa Gitesi. Uko gutemana kwabereye mu Murenge wa...
Mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge hari umugore w’imyaka 38 watawe muri yombi akurikiranyweho gukomeretsa umugabo we amumennyeho isombe ishyushye. Radio/TV10 yavuze ko uwo mugore yemera ...
Mu Mudugudu wa Kasenjara, Akagari ka Karusimbi, Umurenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke haravugwa umugabo witwa Xavier Niyonagize wishe umugore we wari utwite hamwe n’umuturanyi we abatemye. Mber...
Nyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umubyeyi wabyariye mu bitaro bya Masaka, RIB yaperereje ifata umugore w’imyaka 36 ukekwaho gushimuta abana b’abandi abakuye muri ibi bitaro akabita abe. Mu ijoro ...
Umugabo ufite imyaka 29 yafashwe na Polisi ya Kenya imusatse isanga atwaye ibice by’umugore igenzuye isanga ni uwe. Byabaye kuri uyu wa Gatatu mu gace kitwa Huruma mu Burasirazuba bw’Umurwa mukuru Nai...
Saa kumi n’ebyiri za mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17, Mutarama, 2025 mu Murenge wa Mageragere ahitwa ku gasenteri ka Nyarufunzo umugore witwa Niyonizeye Ruth yatemye umugabo we w’umumotari...
Hafi ya Kigali Convention Center ahahoze uwo bitaga ‘umugore ucira amazi’ harasenywe. Ni Rond Point abantu bakundaga kujya kwicaraho ngo baruhuke cyangwa se bahakorere siporo. Hari abahafatiye amashus...
Komisiyo y’amatora muri Namibia yatangaje ko Netumbo Nandi-Ndaitwah wo mu ishyaka SWAPO riri ku butegetsi muri Namibia yatsinze amatora y’Umukuru w’igihugu. Netumbo-Nandi-Ndaitwah yabonye amajwi areng...
Mu Mudugudu wa Rebero mu Kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’umusore ukekwaho kwica Se arangije yishyikiriza Ubugenzacyaha. Uwapfuye yitwa Abdul Muhire akaba y...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwafunze umugabo w’imyaka 39 ukekwaho kujya Kwa Sebukwe agatema umugore we wari wahahukaniye. Uwo mugore we afite imyaka 30 y’amavuko. Mu gicuku ahagana Saa cy...









