N’ubwo ‘akabura ntikaboneke ari Nyina w’umuntu’, Se w’umuntu nawe ni ntagereranywa mu guha abana be indangagaciro zizabaherekeza ubuzima bwose. Kuri uyu wa 20, Kamena, ubwo Isi izirikana akamaro ka S...
Umugabo witwa Samuel wo mu Mudugudu wa Mubuga, Akagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu Mu Karere ka Rubavu yaraye afatiye mu cyuho umugore we amuca inyuma. Yaje afite amakuru y’ibiri kubera iwe, aza yo...
Muri Marocco habereye ibintu bidasanzwe . Umugore witwa Halima Cissé ukomoka muri Tumbuktu muri Mali aherutse kwibaruka impanga icyenda mu gihe kwa muganga bari baramusuzumye basanga atwite impa...
Umukobwa wigishijwe na Dr Kayumba Christopher muri Kaminuza y’u Rwanda yamushinje ko yamusabye ko baryamana, yabyanga undi akagerageza kubimukoresha ku gahato ubwo bari iwe mu rugo. Ni ibirego byashyi...
Umuganga uvura indwara z’abagore mu bitaro bya Nyamata Dr Muhirwa Bonfils avuga ko iyo urebye aho u Rwanda rugeze rugabanya impfu z’abagore bapfa babyara ubona ko ruteye intambwe ariko hakiri urugendo...




