Mu mateka y’ibitabo bitarimo amakabyankuru (non-fictional books) igitabo Spare cyanditswe n’igikomangoma cy’u Bwongereza Harry nicyo yaguzwe ku bwinshi kurusha ibindi. Haguzwe Kopi 400,000 ku munsi. I...
Abo bagore basanzwe batuye ahitwa Minembwe basabye umugore wa Perezida wa DRC witwa Denise Nyakeru kubakiza intambara ikomeje guhitana ubuzima bw’ababo kandi zikabapfakaza. Taliki 6, Mutarama, 2023, n...
Mu Murenge wa Jabana, mu Karere ka Gasabo haravugwa umugabo witwa Nzaramba watemye umugore we aramwica bapfuye Frw 15,000 ahita ajya kwirega kuri Polisi. Byabaye kuri uyu wa Kane Taliki 05, Mutarama...
I Mwanza muri Tanzania hari inkuru y’umugabo basanze yiyahuye avuye gusezerana n’umugore we. Yiyahuye mu gihe abantu bari baje mu bukwe bwe bateguraga kujya aho abatumirwa bari bwiyakirire, icyo bita ...
Mu Mudugudu wa Mulindi, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Kanombe, haramukiye inkuru mbi y’umugabo wabanaga n’umugore we byemewe n’amategeko wishwe n’abantu bamusanze mu cyumba araramo. Hari amakuru avu...
Mu Murenge wa Gashenyi, Akagari ka Nyacyina mu Karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’umugabo bakundaga kwita Mupfumu uvugwaho kwica umugore babanaga mu budakurikije amategeko amuteye icyuma. Ubuyobozi ...
Taarifa yamenye ko dosiye ya Umwari Chantal( umugore w’umunyamakuru Théoneste Nsengimana nawe ufunzwe) ndetse n’uwo ubugenzacyaha buvuga ko yamufashije mu guhimba impapuro mpimbano yagejejwe mu bushin...
François Nizeyimana akurikiranyweho kwicisha umuhoro umugore witwa Chantal Nyinawumuntu yari yarateye inda. Amakuru twahawe n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze avuga ko uriya mugore yari yaragurije uwo mug...
Buri taliki 15, Ukwakira, 2022 ni umunsi isizirikana imibereho y’umugore wo cyaro. Mu cyaro hasobanurwa nk’ahantu hataragezwa ibikorwa remezo bitanga amahirwe y’ishoramari. Abahatuye ahanini baba batu...
Umuraperi Ntakirutimana Danny bita Danny Nanone yaraye afunguwe ngo akurikiranwe ari hanze ariko asabwa kuzajya yitaba Umushinjacyaha buri wa Gatanu wa nyuma wa buri kwezi. Icyemezo cy’Urukiko cyasomw...









