Abasore babiri bo mu Karere ka Gasabo bemeye ko bishe uwakoraga uburaya bamuziza ko yari yibye umwe muri bo Frw 3,000. Barangije kumwica bamushyira mu mufuka w’ibishingwe. Byabereye mu Mudugudu wa Gis...
Mu Kagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo haravugwa inkuru ibabaje y’abantu batatu( Umugabo n’abane be babiri) bapfuye mu buryo bamwe bise ‘amayobera’. Umugore niwe wasigaye ari...
Mu Mudugudu wa Bisenga, Akagari ka Bisenga mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo haravugwa umugore watemye umugabo we amuziza ko umutungo awushyira umugore ‘mukuru.’ Uwo mugore uvugwaho icyo cyah...
Perezida wa Equatorial Guinea Teodoro Obiang Nguema yatangarije kuri televiziyo y’igihugu cye ko ashyizemo Manuela Roka Botey wari usanzwe ari Minisitiri w’uburezi ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe. Ni...
Géraldine Mukeshimana aherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda imufatanye udupfunyika 200 tw’urumogi. Undi wafashwe ni umucuruzi witwa Rukabu Nizeyimana Patien w’imyaka 45 ariko we yahise ator...
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Nyamagabe bwafunze abagabo batanu bukurikiranyeho ibyaha birimo ubwinjiracyaha mu bwicanyi. Ni ubwicanyi bivugwa ko bwakorewe umugabo n’umugore we, ubwo babasan...
Umugore wakoraga kuri Radio yitwa Kanunga FM yo muri Uganda yakubiswe n’umwe mu bayobozi bayo amukura iryinyo amuziza ko atamuhaye amafaranga Shs 12,000 bari bemeranyije ko azamusagurira ku nkuru bari...
Umuraperi Kanye West yakomanyirijwe gukandagira muri Australie aho umugore ‘mushya’ akomoka. Mu Cyumweru gitaha yari ahafite urugendo rwo kujya gusura abo kwa Sebukwe, bakamubona bakaganira. Ubuyobozi...
Daniella Atima Mayanja arasaba inzego z’umutekano gufata kandi zigakurikirana umugabo we Jose Chameleone uherutse gufatwa amashusho akubita umumotari. Uyu mugore yavuze ko umuntu wese uhohotera abandi...
Abayobozi mu nzego z’imibereho myiza cyane cyane iyifatanye isano ya hafi n’abagore bemeza ko kuba Abanyarwandakazi bakoresha ikoranabuhanga bakiri bake, bibadindiza mu iterambere. Kuba ari bake biter...









