Umugabo witwa Sekamana Tharcisse w’imyaka 40 yicishije umugore we inyundo. Nyuma yahise yandika ibaruwa y’irage ry’abana be arangije aracika. Byabereye mu Mudugudu wa Kimaramu, Akagari ka Kamagiri, Um...
Urwego rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa Jean Damascene Hategekimana akurikiranwaho kwica mugore we bari bamaranye imyaka 11 babana mu buryo butemewe n’amategeko. Uwo mugabo ushakishwa asan...
Mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango hari umugabo uherutse gutabwa muri yombi nyuma yo gutema umwana we mu mutwe n’ikiganza. Bivugwa ko yabikoze ahushije Nyina w’uwo mwana. Yitwa Yamfasha Tharcis...
Abagabo babiri n’umugore umwe bo mu Murenge wa Rubavu bakurikiranyweho kwiba inka y’umuturage bakagurisha inyama. Ku wa gatatu taliki 08, Werurwe, 2023 nibwo bivugwa ko bariya bantu bibye iriya nka ba...
Taarifa ifite amakuru avuga ko umugabo witwa Sebanani Eric bita Kazungu washakishwaga n’Ubugenzacyaha bw’u Rwanda kubera kwica umugore we amuciye umutwe yafashwe. Kuri uyu wa Gatatu nibwo ubugenzacyah...
Umugore witwa Martha aravugwaho kwica umugabo we hanyuma umurambo akawutaba mu gikari. Amakuru twahawe n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Tare aho byabereye avuga ko uriya musaza( yari afite hejuru y’im...
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa umugore w’imyaka 22 ukurikiranyweho kwiba moto. Bivugwa ko yayibye arangije arayibaga kugira ngo agurishe ibyuma byayo. Ni uwo mu Karere ka Muhanga. Icyakora Moto...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umugore bukeka ho uruhare mu rupfu rw’umugabo we. Abenshi bakeka ko uriya mugore ari we wishe uwo bashakanye amutsinze mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Mbuye mu Murenge...
Polisi ya Kenya yataye muri yombi abantu batanu ikurikiranyeho kwiba uruhinja. Nyina w’urwo ruhinja avuga ko azi neza ko yabyaye impanga ariko atungurwa no kubona abaganga bamuha umwana umwe. Abenshi ...
Mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma hari umugabo wasanze umugore we mu kabari ari gusangira n’abandi bagabo bamukikiye banasomana, agahinda karamwegura arira ayo kwarika. Faustin wo mu Mudugudu wa K...









