Habumugisha Fiston na Muhawenayo Jeannette basagariwe n’abagizi ba nabi babateze bakabakubita. Byabayeho kuwa Gatatu mu masaha y’umugoroba buri bucye kuwa Kane Tariki 11, Nzeri, 2025 bakajya gusezeran...
Mu Mujyi wa Nineveh muri Iraq habereye ibyago bikomeye by’inkongi yadutse mu bukwe yica abantu 100 barimo umukwe n’umugeni. Imibare y’abaganga ivuga ko abandi bantu 150 bahiye bikomeye kuko ubushye bw...
I Mwanza muri Tanzania hari inkuru y’umugabo basanze yiyahuye avuye gusezerana n’umugore we. Yiyahuye mu gihe abantu bari baje mu bukwe bwe bateguraga kujya aho abatumirwa bari bwiyakirire, icyo bita ...
Imyaka irenze ibiri COVID-19 igeze mu Rwanda. Bamwe mu bantu bahanganye nayo n’ubu bagikomeje guhangana nayo ni Abapolisi. Muri iki gihe cyose imvune Polisi yahuye nazo ni izihe? Ese umugeni uhe...



