Mu Mudugudu wa Mataba, Akagari ka Kagasa mu Murenge wa Nyamaguri hari umugabo watawe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranweho kwica umwana we umurambo akawuta mu bwiherero. Uwo mugabo afite i...
Umugabo witwa Sekamana Tharcisse w’imyaka 40 yicishije umugore we inyundo. Nyuma yahise yandika ibaruwa y’irage ry’abana be arangije aracika. Byabereye mu Mudugudu wa Kimaramu, Akagari ka Kamagiri, Um...
Urwego rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa Jean Damascene Hategekimana akurikiranwaho kwica mugore we bari bamaranye imyaka 11 babana mu buryo butemewe n’amategeko. Uwo mugabo ushakishwa asan...
Mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango hari umugabo uherutse gutabwa muri yombi nyuma yo gutema umwana we mu mutwe n’ikiganza. Bivugwa ko yabikoze ahushije Nyina w’uwo mwana. Yitwa Yamfasha Tharcis...
Umugore witwa Martha aravugwaho kwica umugabo we hanyuma umurambo akawutaba mu gikari. Amakuru twahawe n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Tare aho byabereye avuga ko uriya musaza( yari afite hejuru y’im...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umugore bukeka ho uruhare mu rupfu rw’umugabo we. Abenshi bakeka ko uriya mugore ari we wishe uwo bashakanye amutsinze mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Mbuye mu Murenge...
Mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma hari umugabo wasanze umugore we mu kabari ari gusangira n’abandi bagabo bamukikiye banasomana, agahinda karamwegura arira ayo kwarika. Faustin wo mu Mudugudu wa K...
Mu Mudugudu wa Bisenga, Akagari ka Bisenga mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo haravugwa umugore watemye umugabo we amuziza ko umutungo awushyira umugore ‘mukuru.’ Uwo mugore uvugwaho icyo cyah...
Hafashimana Usto alias Yussuf ni umugabo ukomoka mu Karere ka Ngororero aza i Kigali gushaka imibereho ariko abikora yiba. Yabwiye itangazamakuru ko yasangaga umuzamu asinziriye ahantu akamuca umutwe,...
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Nyamagabe bwafunze abagabo batanu bukurikiranyeho ibyaha birimo ubwinjiracyaha mu bwicanyi. Ni ubwicanyi bivugwa ko bwakorewe umugabo n’umugore we, ubwo babasan...









