Ku wa Kabiri mu masaha y’umugoroba, umugabo wo mu Murenge wa Byimana, Akagari ka Mpanda yamize inyama y’akabenzi iramuhagama, bagerageza kuyimurutsa biranga iramuhitana. Ababibonye bemeza ko yagiye ku...
Léonald Bakinahe wo mu Mudugudu wa Gashari, Akagari ka Birambo, Umurenge wa Gashari mu Karere ka Karongi bamusanze yimanitse mu mugozi. Umuturanyi wabo yabwiye Taarifa ko uwo mugabo yari amaze iminsi...
Mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’umugabo wishe umwana w’imyaka ibiri yareraga ataramubyaye ahubwo ku bw’uko yabanaga na Nyina, nawe ahita yimanika mu giti. Ababibonye bavu...
Kuri Poste ya RIB y’Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro hafungiwe umugabo witwa Jean d’Amour Hakorimana nyuma yo kugubwa gitumo acukura imva ngo akuremo ibyuma byitwa Fers à Beteaux. Iyo mva iri...
Mu Mudugudu wa Rwankuba, Akagari k’Agateko mu Murenge wa Jali muri Gasabo ejo mu masaha y’ijoro bivugwa ko Sibomana Jean Pierre uri mu kigero cy’imyaka 28 yakubise urushyi Hakizimana Innocent w’imya...
Abagabo bane bagiye kuroba mu kiyaga cya Ruhondo ku ruhande rw’Akarere ka Burera bararohama umwe arapfa. Ni ikiyaga gituranye n’icya Ruhondo, bikaba ibiyaga bibiri bita ‘impanga’ kubera ko bituranye k...
Polisi ya Equateur yataye muri yombi abantu batandatu biganjemo abo bivugwa ko bakomoka muri Colombia ibakurikiranyeho kwica umunyapolitiki wari urimo kwiyamamariza kuyobora Equateur. Colombia iri mu ...
Antoine Ndayishimiye wo mu Mudugudu wa Nganzo, Akagari ka Rugogwe mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero arashakishwa n’inzego z’umutekano zimukurikiranyeho kwica murumuna we witwa Françosi Ryu...
Akirangiza kubona ko umwana yari afitanye n’umugore we ukomoka muri Uganda atari we, umunya Israel yishe umugore we umurambo awuta mu musarane. Polisi ya Uganda ivuga ko uyu mugabo witwa Waeed Taheed ...
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Gahunga hafatiwe umugabo ukekwaho kwica umugore we. Ubwo bwicanyi bwabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ariko kumufata bibanza kugorana kubera ko yari yifungiranye...









