Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Tariki 11 Nzeri, 2025 Polisi mu Karere Ka Rulindo mu Murenge wa Masoro yafashe umugabo ivuga ko yari aje kugura amabuye y’agaciro acukurwa mu buryo butemewe. Y...
Mu Mudugudu wa Bannyisuka, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Musanze, Akarere ka Musanze haravugwa urupfu rwa mutwarasibo wiyahuye abitewe no kutihanganira ubusinzi bw’umugore we. Hari inyandiko bavug...
Mu Murenge wa Ntyazo mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wafunzwe na Polisi imukurikiranyeho kwica umugabo we. Bikekwa ko nyakwigendera yasanze umugore we ari kumwe n’undi mugabo i saa munani z’ijor...
Umunyamerikakazi ukomoka mu birwa bya Barbados witwa Rihanna yapfushije Se witwa Ronald Fenty wari ufite imyaka 70. Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 31, Gicurasi, 2025 nibwo uyu mubyeyi yapfiriye mu Murwa...
Mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge hari umugore w’imyaka 38 watawe muri yombi akurikiranyweho gukomeretsa umugabo we amumennyeho isombe ishyushye. Radio/TV10 yavuze ko uwo mugore yemera ...
Nyuma y’uko umukobwa witwa Vestine Nyiransengimana yatemye Muka Se nyuma yo gutongana bahuriye aho ihene yabo yari iziritse, Se wa Nyirasengimana nawe yaje atabaye atema umukobwe ikirenge. Basanzwe ba...
Mugema yigeze gufungirwa Jenoside yakorewe Abatutsi aza kurekurwa, ariko ubu yongeye gutabwa muri yombi kubera ingengabitekerezo yayo yongeye kugaragaza. Asanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyarutovu, Akagar...
Mu Mudugudu wa Linini, Akagari ka Gahanga, Umurenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro haraye hafashwe Nsengiyumva Straton w’imyaka 40 akurikiranyweho gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Abaye umuntu w...
Nyuma y’iminsi batazi irengero rya Gatanazi Havugimana, baje gusagna umurambo we mu bwiherero buri mu Mudugudu uturanye n’uwo yari atuyemo. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yari asanzwe abana na mushi...
Umugabo ufite imyaka 29 yafashwe na Polisi ya Kenya imusatse isanga atwaye ibice by’umugore igenzuye isanga ni uwe. Byabaye kuri uyu wa Gatatu mu gace kitwa Huruma mu Burasirazuba bw’Umurwa mukuru Nai...









