Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu ruzinduko yari amazemo iminsi ibiri mu Burasirazuba ntiyasuye imirima n’ibiraro by’amatungo gusa ahubwo yasuye n’abaturage, bamubwira akamaro ibyo byose b...
Steven Nsengiyumva uyobora Umudugudu wa Bidudu mu Kagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kizuguro muri Gatsibo yatekerereje Taarifa Rwanda ibiherutse kumubaho n’abanyerondo ubwo bajyaga gufata François Nkik...
Umuryango FPR-Inkotanyi wamenyesheje abanyamuryango bawo uko amatora y’abayobozi bawo ateye guhera ku rwego rw’Umudugudu kugeza ku rw’Umujyi wa Kigali. Kuri uyu wa Garandatu taliki 07 nibwo azatangira...
Ubuyobozi bwa Karongi buvuga ko bumaze gusana Umudugudu wa Rugabano bukoresheje Miliyoni Frw 500. Mu gusana izi nzu hajemo kubaka inzira z’imyotsi iva mu bikoni no kubaka bundi bushya ubwiherero busim...
Mu Karere ka Gasabo hagiye kubakwa umudugudu uzahangirwamo iby’ikoranabuhanga witswe Kigali Innovation City. Ni umushinga mugari kandi wihariye muri Afurika uzatuma u Rwanda ruhinduka igicumbi cy’aba...
Nsabimana Jean wamamaye ku izina rya Dubai akaba asanzwe ari umunyemari yaraye akatiwe gufungwa imyaka ibiri, uyu ukaba ari umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo. Nsabimana Jean uzwi nka Dubai yub...
Raporo zitandukanye zakozwe n’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta mu bihe bitandukanye zigaragaza ko hari amafaranga abarirwa muri za miliyoni nyinshi za Leta bikekwako zanyerejwe mu mayeri menshi. Rapo...
Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujamariya yasabye abaturage bo muri Gicumbi baherutse guhabwa inzu n’umushinga wa Green Gicumbi ko bakwiye kuzitaho, ntibatekereze ko nizangirika hari uzaza ...
Abaturage bo mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Kitazigurwa babwiye Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Espérance Nyirasafari na Hon Evode Uwizeyimana ko biyogazi zabo zumwe. Bavuga ko kubona icyo uteker...
Abatuye mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Bushekeri mu Murenge wa Bushekeri bavuga ko abayobozi babo babategetse kurandura imboga zongeraga ireme ry’ifunguro, bakazisumbuza ibyatsi bita pasiparumu. Imi...









