Umudepite wo mu ishyaka riharanira iterambere ry’Abatwa bo mu Burundi witwa Jean-Baptiste Sindayigaya yakubiswe n’abantu batahise bamenyekana benda kumumena ijisho. Yabwiye itangazamakuru ryo mu gihug...
Umwe mu bagize Inteko ishinga amategeko ya Kenya witwa Charles Were yarashwe n’abantu bari bari kuri moto baramwica bahita batoroka. Polisi ivuga ko abamwishe bari bamaze umwanya bamucunga aho yacaga ...
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye byemeje ko Lt Gen(Rtd) Charles Kayonga aba Ambasaderi w’u Rwanda muri Turikiya. Asimbuye Fidelis Mironko. Statement on Cabinet resolutions of 29/11/20...
Umudepite uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Uburasirazuba yahagurutse avuga ko agiye kugitanga igitekerezo cye mu Giswayili. N...
Mu Nteko rusange y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo umwe mu Badepite yabwiye bagenzi be ko igihe kigeze ngo hatorwe itegeko rihana abarya imbwa n’injangwe kub...
Umurambo wa Hon Fidel Rwigamba uherutse kwitaba Imana wasezeweho na bagenzi be bari bateraniye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Hon Rwigamba aherutse gutabaruka azize uburwayi yari amaranye igih...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Hon Erenst Kamanzi wari uhagarariye urubyiruko mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yeguye. Turacyagerageza kuvugana nawe ngo agire icyo abitubwiraho ariko ntarafata te...
Abagenzacyaha bo muri Polisi y’u Bubiligi bari mu iperereza rimaze gufatirwamo abantu barimo n’uwahoze ari Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ukurikiranyweho kwakira ruswa y...
Muri byinshi bikubiye mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku banyamuryango ba Unity Club Intwararumuri bari bitabiriye Ihuriro rya 15 ry’uyu muryango, yagaye cyane Umudepite w’Umunyarwanda...
Umudepite wo muri Uganda witwa David Wakikona yashimutiwe i Nairobi nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Uganda. Yari ahagarariye Intara ya Bukigai mu Nteko ishinga amategeko ya U...









