Bavuga ko uguhiga ubutwari mutabarana. Ukuri k’uyu mugani kuri kugaragara muri iki gihe hagati y’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk(afite Miliyari $401) na Perezida Donald Trump uyobora Amerika, igiha...
Batatu barimo uwari ushinzwe umutekano wa Perezida wa Benin Patrice Talon bafunzwe bakekwaho gutegura umugambi wo kumuhirika ku butegetsi. Umushinjacyaha mukuru muri iki gihugu avuga ko undi muri abo ...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwasubije umucuruzi witwa Ishimwe Fridia miliyoni Frw 5 yari yaribwe. Uvugwa ko ari we wayibye ni umuzamu we kandi ubugenzacyaha bwatangaje ko bwasanze hari miliyoni Frw 1 yari...
Abakoranaga na Ndagijimana Emmanuel w’Imyaka 41 y’amavuko bamusanze mu mugozi yapfuye. Bamwe bakeka ko yiyahuye ariko iperereza ntacyo riratangaza ku mpamvu z’urupfu rwe. Yaguye mu Mudugudu wa G...
Rwiyemezamirimo uyobora Ikigo kitwa Nezeza Farms Ltd witwa Emmanuel Ufitingabire avuga ko hari imikorere ikwiye konoga muri bimwe mu bigo by’imari kuko hari ubwo rwiyemezamirimo yaka inguzanyo isanzwe...
Rwiyemezamirimo witwa Desire Muhinyuza yatsinze urubanza yaburanaga N’Umunya Kenya witwa Kirimi Koome. Umucamanza yategetse ko Koome aha Muhinyuza miliyoni $2.6 nyuma y’uko bigaragaye ko y...
Umunyarwanda Fred Kamaliza yari asanzwe ari umucuruzi uzwi muri Uganda. Amakuru avuga ko aherutse gupfira muri gereza rw’urwego rw’ubutasi bwa gisirikare muri Uganda, ariko iby’urwo rupfu ntibirasoban...
Uwamahoro Rehema uhagarariye abacuruzi b’amazi ya JIBU mu Rwanda hose avuga ko abacuruzi bateye inkunga abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bahemutse bakoresha imari yabo mu gutera inkunga ubwaca...
Géraldine Mukeshimana aherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda imufatanye udupfunyika 200 tw’urumogi. Undi wafashwe ni umucuruzi witwa Rukabu Nizeyimana Patien w’imyaka 45 ariko we yahise ator...
Nyuma y’uko muri Kamena, 2022 mu Murenge wa Ndera havuzwe urupfu rw’umwana w’imyaka icyenda wishwe n’umukozi wo mu rugo ndetse uyu akaza kubyemerera ubugenzacyaha, ubu mu Karere Ka Gasabo naho haherut...









