I Saoul mu Murwa mukuru wa Koreya y’Epfo habereye iserukiramuco ryitabiriwe n’ibihugu bya Afurika birimo n’u Rwanda. Ni mu iserukiramuco rihuza Koreya y’Epfo na Afurika ryitwa ...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu avuga ko hari abantu bumva avuga ibyabaye mu mateka y’u Rwanda bakamurakarira. Abo ngo ni abafite aho bahuriye n’abagize uruhare mu macak...
Dr.François Xavier Kalinda uyobora Sena y’u Rwanda yaraye abwiye abitabiriye Inama nyunguranabitekerezo ku gusigasira umuco w’Abanyarwanda ko ari ngombwa cyane ko urubyiruko rwigisha indangagaciro z’u...
James Kimonyo uhagarariye u Rwanda mu Bushinwa aributsa Abanyarwanda baba mu mahanga ko Ikinyarwanda ari cyo kintu cyonyine kibatandukanya n’abandi babana iyo mu mahanga. Avuga ko Ikinyarwanda gishin...
Mu mujyi wa Kigali habereye iserukiramuco ryateguwe n’Abanyarwanda n’Abarundi ryiswe ‘Iteka African Cultural Festival’. Ryerekaniwemo imbyino n’ibindi bigize umuco w’aba baturage bombi, bikorwa mu rwe...
I Nyakinama mu Karere ka Musanze haraye habereye ibirori byitabiriwe n’abasirikare bakuru bari bamaze iminsi bahahugurirwa. Byaranzwe no kwerekana ibiranga imico y’aho baturutse mu bihugu 11 by’Afurik...
Ni ibitanganzwa n’Inteko y’Umuco. Intiti zayo zivuga ko iyi Nteko imaze kubarura ahantu ndangamurage hasaga 500, habumbatiye amateka yo hambere. Kuhabarura biri mu rwego rwo gukomeza kuhabungabunga k...
Intebe y’Inteko y’Umuco Nyarwanda Ambasaderi Robert Masozera yabwiye Taarifa ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari ahantu mu Rwanda barya imbwa, ari ibintu bidasanzwe. Avuga ko ubusanzwe imbwa ari yo izwi...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 19, Kanama, 2022 mu Rwanda hazatangizwa ubufatanye bw’inzu ndangamurage z’u Rwanda n’ikindi kigo mpuzamahanga hagamijwe gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kurinda ibyaran...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera anenga Abanyarwandakazi bambara impenure kandi biri mu bitubahirije umuco n’indangagaciro z’u Rwanda. Avuga ko ari ibintu b...









