Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko igihe cyo gushyiraho Minisiteri y’itangazamakuru kitaragera kuko hasanzwe hari urundi cyangwa izindi nzego zita kuri uyu mwuga. Yabwiye itangazamakuru...
Mu Mudugudu wa Musega, Akagari ka Kivugiza, Umurenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo haravugwa urupfu rw’abana babiri n’abandi bantu bakuru bajyanywe kwa muganga bivugwa ko bazize kurya umuceri ‘uhuma...
Izamuhaye Jean Claude ushinzwe ibihingwa mu Kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi RAB avuga ko mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 A u Rwanda ruzahinga ku buso bwa hegitari 802,637, b...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bitazageza kuri uyu wa Mbere taliki 19, Kanama, 2024 toni z’umuceri zari zaraheze ku mbuga mu mirenge y’akarere ayobora zitabonye abaguzi. Hashize igihe gi...
Mu ijambo ryamaze hafi isaha Perezida Kagame yabwiye Abadepite na Minisitiri w’Intebe yari amaze kwakirira indahiro ko inzego z’iperereza zarangaye ntizamugezaho ikibazo cy’umuceri weze ari mwinshi up...
Abahinzi bo mu Murenge wa Gikonko mu Karere ka Gisagara basabye ubuyobozi kuganira n’ubuyobozi bw’uruganda rutunganya umuceri bakorera, kureba uko bajya bawugurira i Gikonko kuri make bada...
Nyuma y’uko ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro gisanze hari umuceri upima toni zirenga 700 wavanywe muri Tanzania utujuje ubuziranenge, kigaca buri mucuruzi amande angana na $10,000, ubu bar...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro, RRA, cyahuye n’abacuruzi batumije umuceri muri Tanzania umwinshi upimwe basanga bwarapfuye. Hari hinjiye amakamyo 26, ariko atatu yonyine niyo yagaragaye ...
Urugaga nyarwanda rw’amakoperative ahinga umuceri FUCORIRWA( Fédération des Unions de Coopératives Rizicoles au Rwanda) rwahurije hamwe abayayobora kugira ngo ruhembe abitwaye neza. Iyo mu Murenge wa ...
Mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara hari abanyamuryango ba Koperative yitwa KOPRORI Kabogobogo bamaze iminsi bazindukira ku Biro byayo basaba ko bagasubizwa ubutaka(pariseli) bambuwe bazira ko...









