Mu gihugu cya El Salvador habereye umuvundo wabereye kuri imwe muri stade z’aho zikomeye, ugwamo abantu 12, abandi bataramenyekana umubare barakomereka. Ni nyuma y’umukino wa ¼ wahuje ikipe yitwa Alia...
Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije iya Israel iri mu cyunamo, nyuma y’uko ku wa 29 Mata abantu 45 bapfuye, abasaga 150 bagakomerekera mu mubyigano ukomeye wabereye mu muhango w’idini ku musozi wa Me...

