Imihanda ya Yeruzalemu yiriwe mo abaturage ba Israel baje gushyingura imirambo itatu y’abaturage b’iki gihugu bapfiriye mu bunyago bari barajyanywemo na Hamas. Ni imirambo itatu irimo ibiri y’abana ba...
Kuri uyu wa Mbere tariki 13, Mutarama, 2024 Imanazibayo Solange w’imyaka 29 y’amavuko yapfuye azize inkuba yamukubise ari konsa uruhinja rw’amezi icyenda. Yari atuye mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa R...
Mu Mudugudu wa Kanyinya, Akagari ka Rwasare, Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga haravugwa umugabo w’imyaka 44 y’amavuko ukekwaho gusambanya umukobwa we ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga....
Umubyeyi wo mu Bugesera witwa Tuyishimire Alice yapfushije indi yari asigaranye nyuma y’uko umwana wa mbere nawe yapfuye azira kanseri. Yari atuye mu Kagari ka Kivusha mu Murenge w...
Mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero hari umugabo witwa Kalinda Viateur uvugwaho gutwikira umwana we mu nzu agapfa. Karinda afite imyaka 35 y’amavuko naho umwana we Iremukwishaka Viateur yari...
Uwo mwana yitwa Gani Decklan Ngamije hakaba hari hashize amasaha 15 bamushakisha nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye ifoto ye atabarizwa. Amakuru avuga ko uyu mwana yabuze ubwo yari y...
Bazubagira Rebecca wo mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Ruhango wari utwite impanga z’abana babiri yafashwe n’ibise batabaza imbanguragutabara itinda kumugeraho, bimuviramo gupfana n’abana yari atwit...
Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Iyi nkuru yamen...
Umubyeyi wo mu Mudugudu wa Gakenkeri A, mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza yakubiswe n’inkuba ubwo yasangaga umwana we amanitse mu mugozi yapfuye! Hari saa kumi n’ebyiri ...
Mutuyimana Anastasie ni umugore ufite abana bane utuye mu Kagari ka Simbwa mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo. Avuga ko gahunda ya Leta yo guha umwana igi buri munsi ari nziza ariko ko kuribo...









