N’ubwo ibyo bavuga hari ukuri kurimo hashingiwe ku bigaragara henshi, ariko abahanga bavuga ko kwiheba, abantu bakavuga ko batarenza imyaka 100 ari uguhuka kuko bo baje gusanga abantu bifitemo ubusho...
Nyuma y’uko Théophile Mukundwa yemereye Taarifa ko yataburuje umubiri wari wabonetse aho umuturage yari agiye kubaka uruzitiro, bakamuha 110 000 Frw akayikenuza, umubiri akawujyana ku murenge, byamen...

