Perezida Paul Kagame na madamu we Jeanette Kagame baraye bageze mu Murwa mukuru wa Jordan ari wo Amman batashye ubukwe bw’igikomangoma cy’ubu bwami kitwa Al Hussein bin Abdullah II. Yashakanye na Al-S...
Nyuma yo kuva mu nama mpuzamahanga ya Transform Africa yaraye ibereye i Harare muri Zimbabwe, Perezida Kagame yageze i Dar es Salaam mu ruzinduko rw’akazi. Asuye Tanzania nyuma y’uko mugenzi we Samia ...
Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango w’isabukuru nziza ya Gen Muhoozi Kainerugaba, yamushimiye uruhare yagize mu guhuza u Rwanda na Uganda nyuma y’umubano muke wari umaze imyaka...
Mu ruzinduko ari mo muri Guinée Conakry, Perezida Kagame yabwiye abaturage ba kiriya gihugu ko n’ubwo buri gihugu kigira ibibazo byacyo, ariko ubufatanye no kungurana ibitekerezo byatanga igisubizo ku...
I Kigali hateraniye inama yahuje abayobozi mu by’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda n’aba Uganda. Imwe mu ngingo zikomeye ziri bwigweho, ni ukurebera hamwe aho ishyirwa mu bikorwa ry’ibyanzuriwe mu nama ...
I Beijing basohoye inyandiko irimo ingingo 12 bavuga ko zikurikijwe zaba uburyo bunyuze bose bwo guhagarika intambara y’u Burusiya na Ukraine. Imwe muri zo isaba u Burusiya kuzibukira ibyo gukoresha i...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta yasinyanye amasezerano na mugenzi we wo mu bwami bwa Jordan arebana na byinshi harimo kurwanya iterabwoba n’ubuhezanguni. Ni amasezerano ...
Kuva yajya ku butegetsi mu myaka mike ishize, nibwo Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro byihariye na Perezida Paul Kagame. Hari mu biganiro bagiranye nyuma yo kwitabira ibig...
Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Indonesia Perezida w’u Rwanda yaraye agariye na mugenzi we uyobora Indonesia witwa Joko Widodo batinda k’umubano w’ibihugu byombi bifuza gushyira ku yindi ntera. Muri...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu Taliki 11, Ugushyingo, 2022 Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Angola Bwana João Lourenço. Ibiro bya Perezida Kagame byatangaje ko yaganiriye na ...









