Jin Park ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Koreya y’Epfo ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Nyuma y’uko ahageze, yahise ajya gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi bwa Kigali ruri ku ...
John Mirenge uherutse guhabwa inshingano zo guhagararira u Rwanda muri Leta ziyunze z’Abarabu yyatanze kopi z’impapuro zimwemerera. Byabereye Abu Dhabi . Taliki 25, Werurwe, 2023 nibwo yagizwe Ambasad...
Mu rwego rwo kurushaho kunoza imikoranire na Polisi yo muri Botswana, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Félix Namuhoranye n’itsinda ayoboye bari mu ruzinduko rw’akazi muri iki gi...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo avuga ko umubano w’u Rwanda n’Amerika ari kimeza kandi ikomeye. Yabivugiye mu muhango wo kwishmira uko ibihugu byombi bibanye wabereye mu Nteko ishing...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko kuba Ubwami bw’Ububiligi bwanze uwo u Rwanda rwagennye ngo aruhagararire bwabitewe n’icyo yise igitutu cya DRC kandi ngo birababaje. Yunzemo...
Abayobozi b’Umuryango FPR-Inkotanyi baganiriye n’abayobozi b’Umuryango FPR-Inkotanyi bemeranya ko impande zombi zarushaho gukorana mu nzego zirimo guhugurana, ikoranabuhanga no mu zindi nzego. Minisit...
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Congo Brazzaville Dennis Sassou Nguesso bahaye abanyamakuru, bombi bemeje ko ibihugu byombi bifite intego y’ubufatanye mu iterambere ry’Afurika. Perez...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 06, Nyakanga, 2023 nibwo Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yageze i Kinshasa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Azaganira na mugenzi we Felix Tshisekedi ku ...
Amafunguro y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 20, Kamena, 2023 Perezida Kagame yayasangiye na mugenzi we Hakainde Hichilema uyobora Zambia uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Hi...
Mu Rwanda hari itsinda ry’ingabo z’Ubufaransa ziyobowe na Brig Gen Fabien Kuzniak usanzwe ushinzwe ububanyi n’amahanga mu ngabo, akaba yahuye na bagenzi be bayobora ingabo z’u Rwanda baganira uko impa...









