Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Nigeri Bora Tinubu baganira uko umubano w’ibihugu byombi bakomeza kandi ukagurirwa no mu zindi nzego. Bombi bihuriye i Abu Dhabi m...
Ambasaderi Lazarous Kapambwe akaba intumwa yihariye ya Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema yaraye agejeje kuri Kagame ubutumwa bwa mugenzi we. Ni mu gikorwa cyaraye kibereye muri Village Urugwiro. U...
Madamu Einat Weiss ni Ambasaderi wa Israel mu Rwanda. Yaje muri izi nshingano asimbuye Dr. Ron Adam. Si mu Rwanda ahagarariye inyungu za Yeruzalemu gusa ahubwo anazihagarariye mu Burundi. Aharutse guh...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe ashima urwego umubano w’u Rwanda na Qatar ugezeho, akavuga ko ibikorwa byivugira. Mu gitaramo cyo kwizihiza igihe Qatar imaze ari i...
IGP Felix Namuhoranye ari muri Ethiopia mu ruzinduko rugamije gushimangira umubano hagati ya polisi z’ibihugu byombi. Yahahuriye kandi aganira na mugenzi we CG Demelash Gebre Michael Weldeyes, basinya...
Tariki 15, Ukuboza, 2024 i Luanda muri Angola hateganyijwe Inama izahuza Perezida Kagame na mugenzi we wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ku butumire bwa mugenzi wabo uyobora Angola...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yageze muri Latvia mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu abanza gusura inzu ndangamurage y’iki gihugu kiri mu bigizi icyitwa Baltic. Mu masaha ari imbere Kagame ara...
Guverinoma ya Singapore ibicishije muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yatangaje ko Perezida Paul Kagame ari busure iki gihugu guhera kuri uyu wa Gatatu kuzageza ku wa Gatanu taliki 20, Nzeri, 2024....
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe avuga ko hari ubushake bwo kugarura umubano mwiza hagati y’u Rwanda n’Uburundi kuko ari ngo ababituye ari abavandimwe. N’ubwo ab...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping n’itsinda rye baraye baganiriye na mugenzi we Paul Kagame ku mikoranire irambye kandi inoze hagati ya Kigali na Beijing. Muri ibyo biganiro, Ubushinwa bwiyemeje ko bugi...








