Perezida Paul Kagame hamwe n’umwami wa Jordan witwa Abdallah baraye bahuye baganira uko ibihugu byombi byakomeza umubano mu ngeri zitandukanye. Ni ibiganiro byabaye mbere gato y’uko hatangira inama y’...
Umukuru w’igihugu yaraye ahuye na Madamu Malu Drayer uyobora Intara ya Rhénanie-Palatinat. Afite inshingano zimuha uburenganzira bwo kwitwa Minisitiri akaba na Perezida wa Rhénanie-Palatinat, imwe mu ...
Kuri uyu wa Mbere nibwo Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje u...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwashyikirije ubwa Komini Busoni ibikoresho birimo amato gakondo 22, ingashyo 31, imitego 23 n’ibindi byafatanywe abarobyi b’Abarundi barimo kuroba mu kiya...
Nyakubahwa Ambasaderi w’u Bushinwa Mu Rwanda Rao Hongwei yahaye Taarifa ikiganiro ku mubano wa kiriya gihugu n’u Rwanda muri iki gihe U Rwanda rwizihiza imyaka 27 rwibohoye n’imyaka 100 u Bushinwa buy...
Muri iki gihe hari ababona umubano w’u Bushinwa n’Afurika bakibwira ko utangiye vuha aha, aho u Bushinwa batangiriye kurya isataburenge Amerika mu by’ubukungu. Si byo kuko iyo urebye usanga waratangir...
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi Bwana Ndikuriyo Révérien yasuye Tanzania agamije kuganira n’ubuyobozi bw’ishyaka riyobora Tanzania ryitwa Chama Cha Mapenduzi. Bahuriye ku ...
Umunyarwanda wamenyekanye ku mazina ya Bazambanza Munyemana yiciwe muri Uganda mu buryo bw’agashinyaguro, umurambo we uza kujugunywa ku mupaka w’u Rwanda. Umubiri w’uyu musore wabonetse kuri uyu...
Muri iyi minsi Perezida Joe Biden n’abo bafatanyije gutegeka Amerika bari ku gitutu asabwa ko yakwicara agasubiramo amasezerano y’ubufaranye igihugu cye gifitanye na Israel. Ariya masezerano avuga ko ...
Hashize igihe abaturage ba Uganda bafite inkomoko mu Rwanda batumvikana na bagenzi babo ku kuba bitwa Abanyarwanda. Bamwe barashaka ko bivaho bakitwa Abavandimwe, mu gihe abandi batabikozwa. Abadashak...









