Perezida Kagame mu ijambo yabwiye abaje mu gikorwa cyo gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Misiri ko isinywa ryayo ari ikimenyetso kerekana ko umubano hagati y’ibihugu byombi muri iki gihe uhagaz...
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Azerbaijan Ilham Aliyev bayoboye igikorwa cyo gusinya amasezerano y’ibihugu byombi mu mikoranire mu burezi, ubuhinzi, serivisi zo mu kirere n’ubucuruzi. Hak...
Minisitiri w’Intebe wa Qatar Sheikh Mohammed bin Abdulrahman al-Thani arajya i Washington kubwira Perezida Trump impungenge yatewe n’igitero Israael iherutse kugaba ku butaka bwe ihakurikiye abayobozi...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, asanga kugira ngo ibibazo biri mu ngo bikemuke, ari ngombwa ko abawugize birinda kwitana bamwana. Kuri we, kwitana bamwana bituma hataboneka igisub...
Kigali: Minisitiri Amb. Olivier Patrick Nduhungirehe na mugenzi we ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Zimbabwe Prof Dr. Amon Murwira bahagaririye isinywa ry’amasezerano atanu aje gukomeza imikoranire isa...
Antoine Anfré uhagarariye inyungu z’Ubufaransa mu Rwanda yavuze ko guhera mu mwaka wa 2021 kugeza ubu, umubano hagati ya Kigali na Paris ari nta makemwa. Yabivugiye mu ijambo yageneye abanyacyubahiro ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko kuba DRC yaritambitse ko u Rwanda ruhabwa ubuyobozi bw’umuryango wa CEEAC yitwaje ko rwayitey...
Umwuka wasubiye kuba mubi hagati ya Israel na Syria kubera ibisasu biva mu Majyepfo ya Syria bikagwa muri Israel. Ibi bisasu byatumye ingabo za Israel nazo zirasa mu bice ibyo bisasu biturukamo mu rwe...
Kimwe mu byemerejwe mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Paul Kagame ari gukorera muri Algeria ni uko u Rwanda rugiye kuhafungura Ambasade. Algeria ni igihugu cyo mu Majyaruguru ya Afurika. Per...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yaganiriye n’Umuyobozi mu Busuwisi ushinzwe Afurika muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga witwa Amb. Philipp Stalder, b...









