U Bwongereza, u Bufaransa, u Budage, u Bubiligi, Portugal,…ni bimwe mu bihugu by’u Burayi byoherereje Ukraine intwaro zikomeye ngo ikomeze yihagarareho imbere y’intare yitwa u Burusiya. U Bwongereza b...
Hari ikinyamakuru gikorera kuri murandasi bivugwa ko gikorana na Leta y’u Burusiya cyatangaje ko mu Byumweru bine abasirikare b’iki gihugu bamaze mu ntambara muri Ukraine kimaze gupfusha abasirikare b...
Perezida wa Ukraine yatangaje ko igihugu cye cyavuye ku mugambi wo kuzajya mu Muryango wo gutabarana w’ibihugu by’i Burengerazuba bw’isi, OTAN/NATO. Ni icyemezo yatangaje ko cyafashwe mu rwego rwo guc...
Umunyamakuru wa Fox News witwa Pierre Zakrzewski yiciwe i Kiev muri Ukraine arashwe. Yari mu modoka ye asakirana n’amasasu menshi ahita ahagwa. Ni umunyamakuru wa kabiri utangajwe ko yaguye mu kazi mu...
Ubutegetsi bw’i Helsinki mu Murwa mukuru wa Finland buvuga ko igihe kigeze ngo hasuzumwe niba igihe kitageze ngo iki gihugu kijye muri OTAN/NATO kuko ibiri kuba kuri Ukraine ari ikimenyetso cy’uko gut...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 5.8% muri Gashyantare 2022, mu gihe muri Mutarama izamuka ryari 4.3%. Ibiciro byo mu...
Abagaba b’ingabo z’u Burusiya bari muri Ukraine bagabye igitero kigabanyijemo inzira ebyiri kugira ngo bafate umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev. Biremezwa n’abanyamakuru bakurikirana iby’iyi ntambara. ...
Ubuyobozi bukuru muri Politiki n’igisirikare muri Amerika bwasabye Ukraine kuba yibagiwe iby’uko izahabwa indege z’intambara kubera ko izihawe bishobora gutuma u Burusiya bwinjira mu Ntambara yeruye n...
Guverinoma ya Ukraine yafashe icyemezo cyo gucyura abasirikare bayo bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO), kugira ngo bajye gut...
Ingabo z’u Burusiya zabaye zigenjeje amaguru macye mu ntambara zatangije muri Ukraine nyuma y’uko urubura ruherekejwe n’ubukonje bukabije biziguye hejuru. Ubu mu bifaro byazo ziratuje zitegereje ko ik...









