Umugabo wigeze kuba umugaba w’ingabo z’Amerika muri Afghanistan akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bw’Amerika, CIA, ( Rtd) Gen David Petraeus yavuze ko Amerika iri gucungira hafi u Burusiya k’uburyo...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky niwe Muyahudi washyizwe ku mwanya wa mbere ku isi mu bafatwa nk’abavuga rikijyana. Intambara amaze iminsi arwana n’u Burusiya yatumye ahinduka icyamamare ku isi....
Kuri uyu wa Gatatu Perezida w’u Burusiya Vladminir Putin yatangaje ko agiye kugaba ½ cy’ingabo z’u Burusiya zikajya kurwana muri Ukraine. Yasabye abasirikare bari baragiye mu kiruhuko kwitegura kwamba...
Ubwato bune bwa rutura buri mu nzira buvana impeke zirimo ibigori, ingano n’ibindi ku byambu bya Ukraine bubijyanye mu bice bitandukanye by’isi aho bizava bikwizwa n’ahandi ku isi n’ahandi ku isi. Bya...
Dmitry Medvedev wahoze uyobora u Burusiya yanditse kuri Telegram ko abafasha Ukraine bayishuka, ko ahubwo yagombye kumva ibyo u Burusiya buvuga niba idashaka kuzasibangana ku ikarita y’isi, ntiyongere...
Abayobozi bagize ihuriro ry’’ibihugu bikize kurusha ibindi ryiswe G7 bemeranyije ko bagiye gukomeza gutera inkunga Ukraine kugira ngo itsinde bidasubirwaho Vladmir Putin, Perezida w’u Burusiya. Babivu...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu cya Senegal bitangaza ko Perezida Macky Sall yageze i Moscow mu Burusiya mu biganiro agomba kugirana na mugenzi we Vladmir Putin. Ari bumubwire uko Umuryango w’Afurika ubona...
Vladimir Putin aravugwaho kwitegura intambara yeruye irwaniye ku butaka, mu kirere no mu mazi igamije kwivuna Ukraine n’abayishyigikiye. Hari amakuru bamwe mu bahoze ari abasirikare bakomeye muri OTAN...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, UNHCR, ryatangaje ko kuva ingabo z’u Burusiya zagaba ibitero muri Ukraine, abaturage b’iki gihugu bagera cyangwa barenga(kuko imibare irahinduka) mil...
Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri Petelori bwari busanzwe buk...








