Ubufaransa bumaze igihe mu biganiro na Amerika ngo harebwe uko Paris na Washington bafatanya gusaba u Bushinwa kwinjira mu biganiro byatuma u Burusiya buhagarika intambara na Ukraine. Ibiro ntaramakur...
Abanyaburayi binubiye ko u Burusiya bwaraye buhawe ubuyobozi bw’Akanama ka UN gashinzwe amahoro ku isi. Bavuga ko bitumvikana ukuntu igihugu cyatangije intambara kuri Ukraine gishingwa iby’amahoro ku ...
Volodymyr Zelenskyy yasabye Abanyaburayi kwigana Pologne na Slovakia nabo bakamuha indege z’intambara zigezweho kugira ngo atsinde Abarusiya. Yemeza ko nibidakorwa intambara izamara igihe kirekire. Y...
Banki y’Isi yatangaje ko intambara y’u Burusiya na Ukraine irangiye mu mpera za Werurwe, 2023, byasaba Miliyari $ 411 ngo isanwe. Ukraine yatangijwemo intambara n’u Burusiya muri Gashyantare, 2023, ha...
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, rwaraye rusohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi Vladmin Putin. Arashinjwa gushimuta abana bo muri Ukraine bakajyanwa kuba mu Burusiya. Undi ICC yashyir...
Dmitry Medvedev wigeze kuba Perizida w’u Burusiya akaba na Minisitiri w’Intebe inshuro nyinshi yatangaje ko u Burusiya batazemera gusebera muri Ukraine ngo bwatsinzwe ahubwo ko nibusanga ari ngombwa ...
Mu Buhinde haravugwa urupfu rw’Abarusiya batatu bapfuye mu buryo kugeza ubu bukiri amayobera. Uherutse gupfa ni Umurusiya wari enjeniyeri( engineer) basanze yapfiriye muri Hoteli yari acumbitsemo. Uyu...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo yageze muri Amerika mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu mahanga kuva u Burusiya bwatera Ukraine muri Gashyantare, 2022. Volodymyr Zelenskyy araganira na mugenzi we uyobora Amer...
Nyuma gusenya ibikorwa remezo by’amashanyarazi yacaniraga igice kinini cy’Umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev, indege z’intambara z’u Burusiya zatwitse ibigega byari bihunitse litiro 100,000 bya benzène in...
Umwe mu bantu bahoze ari ba maneko bakuru muri Israel aherutse gutangaza ko hari ikigo cy’abanya Israel giha ubutegetsi bwa Ukraine amakuru y’aho abasirikare b’u Burusiya bakambitse kugira ibaraseho. ...









