Rwagati mu Cyumweru gishize hari Inama y’umutekano yabereye muri imwe muri Hoteli z’i Kyiv yavugiwemo iby’ejo hazaza ha Ukraine. Abayitabiriye barimo abasirikare bakuru n’abandi banyacyubahiro mu bihu...
Nyuma y’urupfu rw’uwahoze ayobora umutwe Wagner azize impanuka y’indege, Perezida w’Uburusiya Vladmin Putin yashyizeho umusimbura we ari Andrei Troshev Yaraye amuhaye amabwiriza y’uburyo agomba gukora...
Mu gihe isi yibaza igihe intambara y’Uburusiya na Ukraine izarangirira, hari indi iri gututumba hagati y’ibihugu bibiri byahoze bigize Leta yunze ubumwe y’Abasoviyete ari byo Azerbaijan na Armenia. Am...
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi biratangaza ko Perezida wa Koreya ya ruguru Jim Jong Un yafashe gari ya moshi imujyanye mu Burusiya kuganira na mugenzi we Vladmin Putin. Amakuru avuga ko Py...
Ibisasu Ukraine yari yaratse Amerika ngo zizayifashe kuzahaza abasirikare b’Uburusiya bayizengereje yabibonye. Ibya mbere yabyakiriye kuri uyu wa Gatanu taliki 14, Nyakanga, 2023 nk’uko Al Jazeera yab...
Ubutegetsi bwa Joe Biden buvuga ko bumaze igihe buteganya kuzoherereza Ukraine intwaro zibujijwe mu bihugu 120 kubera ko zingiza abantu mu buryo bubabaje kandi zikaba zizwiho kwica abana kandi nabi. I...
Yevgeny Prigozhin yategetse abarwanyi be baryaga isataburenge ingabo za Putin mu gikorwa bamwe bavugaga ko ari icyo kumuhirika, ko bagomba gusubira mu birindiro byabo biri muri Ukraine. Prigozhin yaha...
Abanyaburayi bazi neza ko Amerika ari igihugu kibafitiye akamaro kandi hari bamwe muri bo berura bakabivugira ku mugaragaro. Mu mwaka wa 1999 ubwo muri Kosovo habaga ubwicanyi bamwe bavuga ko bwakwitw...
Abasirikare babiri bo muri Ukraine baherutse kubwira umuganga ko ubwo bari barafungiwe mu nkambi z’ingabo z’Uburusiya, bahaboneye ishyano. Bamuhishuriye ko ingabo z’Uburusiya zabarakonnye kugir...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 16, Kamena, 2023 hari itsinda y’Abakuru ba bimwe mu bihugu by’Afurika cyangwa intumwa riri buhure na Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky. Kuri uyu wa Gatandatu zizakomere...









