Perezida Vladmir Putin yategetse ingabo ze guhagarika intambara kuri Pasika kugira ngo abanya Ukraine babone uko bizihiza uwo munsi mukuru uhuriweho n’abemera Kristo ku isi hose. Avuga ko imirwa...
Abantu 31 nibo bivugwa ko baguye mu gitero cyagabwe n’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine mu Mujyi witwa Sumy abandi 84 barakomereka. Perezida wa Ukraine witwa Volodymyr Zelensky avuga ko u Burusiya bwag...
Umwe mu bayobozi bakuru muri Perezidansi ya Amerika yavuze ko iki gihugu kigiye guhagarika inkunga ya gisirikare cyahaga Ukraine. Yabwiye CBS ko Amerika ishaka kuba ihagaritse iriya nkunga kugira ngo ...
Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi birateganya gufata amafaranga y’umutungo wahoze ari uw’Uburusiya bwagwatiriye urenze miliyari €200 bikawuha Ukraine. Ababiyobora bavuga ko bizayifasha kw...
Mu Cyumweru gitaha abayobozi bo mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi barateganya guhurira mu Bufaransa bakigira hamwe uko bakunga ubumwe imbere y’Uburusiya bubanye neza n...
Donald Trump yatangaje ko yaraye agiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Uburusiya cyagarutse ku ngingo y’uko igihe kigeze ngo bashyireho amatsinda yo kuganira uko intambara yiswe iya Ukraine yahagar...
Inyandiko yasohowe na Leta zunze ubumwe z’Amerika yabonywe n’itangazamakuru mpuzamahanga ivuga ko ubutegetsi bwa Donald Trump bwakuyeho inkunga bwahaga amahanga ukuyemo Israel na Misiri. Ni amakuru ya...
Igisirikare cya Ukraine kivuga ko cyagabye igitero mu Ntara ya Kursk mu Burusiya, ibintu ingabo z’Uburusiya zidahakana. Iki gitero cyagabwe mu rwego rwo kwihimura ku bindi Uburusiya bumaze iminsi buga...
Ingabo za Ukraine zivuga ko hari umusirikare wa Koreya ya Ruguru zafatiye ku rugamba yakomeretse. Si Ukraine yonyine ibyemeza ahubwo n’ubutegetsi bw’i Seoul muri Koreya y’Epfo buraby...
Inzego z’iperereza za Ukraine zivuga ko ari zo zateguye kandi zituma umugambi wo kwica Lt Gen Igor Kirillov wo mu ngabo z’Uburusiya ushyirwa mu bikorwa. Uyu musirikare kuri uyu wa Kabiri yaturikanywe ...








