Abakurikiranira hafi ibiri kubera muri Ukraine aho u Burusiya bwagabye igitero ndetse n’uburyo Amerika n’ibindi bihugu bigize OTAN/NATO biri kubyitwaramo, baremeza ko intambara iri hafi gukara kurusha...
Ibiciro ku isoko mu Rwanda bikomeje gutumbagira, ndetse byitezwe ko bizakomeza bitewe n’ingaruka intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine ishobora kugira ku bucuruzi mpuzamahanga. Minisitiri w’Ubucu...
Louise Mushikiwabo wigeze kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda igihe kirekire, avuga ko ibiri kubera muri Ukraine bidakwiye. Avuga ko nk’umuntu ukomoka mu gihugu cyahuye na Jenoside yakore...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko Abanyarwanda 71 muri 85 babaga muri Ukraine bamaze guhungishwa, mu gihe 14 batarashobora gusohoka muri icyo gihugu. Ni igikorwa kirimo kuba mu gihe u Burusiya buk...
Inzego z’ubuzima za Israel zitangaje ko zigiye kubaka ibitaro bigenewe by’umwihariko impunzi zahunze intambara iri kubera muri Ukraine zikaba zikeneye ubuvuzi. Minisitiri w’ubuzima wa Israel witwa Nit...
Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye yatoye umwanzuro usaba u Burusiya guhagarika intambara kuri Ukraine no kuvanayo ingabo, utorwa n’ibihugu 141 mu banyamuryango 193. Mu itora ryabaye kuri uy...
Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yemeje ko abasirikare 498 bamaze kwicirwa mu ntambara muri Ukraine, bitandukanye n’abagera ku 6000 batangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine kuri uyu wa Gat...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko mu banyarwanda 86 babaga muri Ukraine, 51 bamaze guhungishwa ariko hari abandi 15 bari mu duce turimo kuberamo imirwano, badafite uko bahava. Ni igikorwa kirimo kuba mu...
Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Belarus yemeje ko ingabo za kiriya gihugu zinjira mu ntambara u Burusiya buri kurwana na Ukraine. Zagiye yo gufasha u Burusiya. Ingabo z’iki gihugu zinjiriye ah...
Ubutegetsi bw’i Moscow bwatangaje ko bugiye gutangira gutegura abasirikare babwo n’ingabo zabo mu rwego rwo kuzakoresha intwaro za kirimbuzi igihe cyose bizaba ngombwa. Putin yarabivuze none n’inshuti...









