Imwe mu nyubako za Guverinoma ya Ukraine yaguyeho igisasu bivugwa ko cyarashwe n’Uburusiya. Kuva intambara hagati y’ibihugu byombi muri Gashyantare, 2022 yatangira, nibwo bwa mbere igisasu...
Nyuma y’iminsi mike Putin aganiriye na Trump, ingabo z’igihugu cye ziravugwaho kugaba ibitero bya drones 574 byarashe missiles 40 mu minsi mike yashize. Umwe mu bayobozi ba Ukraine niwe wa...
Perezida wa Amerika Donald Trump avuga ko ari ngombwa ko Putin yicarana na Zelenskyy bakaganira ku cyakorwa ngo intambara yatangijwe muri Gashyantare, 2022 ihagarare. Ni umuhigo yihaye agomba kugeraho...
Abayobozi b’ibihugu bikomeye mu Burayi bageze i Washington k’ubutumire bwa Perezida Trump ngo ababwire mu magambo arambuye ibyo yemeranyijeho na Vladmir Putin mu nama bagiranye mu mpera w&...
Mu ijoro ryakeye, Donald Trump yabwiye itangazamakuru ko ikiganiro yagiranye na Vladmir Putin cyabaye kiza n’ubwo nta mwanzuro wo guhagarika intambara muri Ukraine wagezweho. Trump yavuze ko icyemeran...
Abanyapolitiki bo mu Burayi baraganira uko bazitwara mu gihe Amerika n’Uburusiya baba bemeranyije kuri ejo hazaza ha Ukraine babihejwemo, igihugu Uburayi bufata nk’ahantu h’ingenzi mu mutekano wabwo c...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ibyo Donald Trump avuga by’uko kugira ngo amahoro agaruke ari ngombwa ko Ukraine iharira Uburusiya ubutaka bumwe bitazashoboka. Trump avuga ko mu...
Nta gihindutse, Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin arateganya kuzahura na mugenzi we wa Amerika Donald Trump mu Cyumweru gitaha, bakazaganira ku ngingo zirimo no guhagarika intambara ya Ukraine imaze ...
Umudepite, ba Guverineri b’Intara na bamwe mu bakora mu itsinda ririnda Umukuru w’igihugu cya Ukraine batawe muri yombi bazira ruswa ubwo bagiraga uruhare mu gutumiza drones z’intambara bakaryaho ‘com...
Donald Trump avuga ko yayobewe uko Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yabaye! Ngo bemeranya ibintu undi akaba afite ukundi ari bubigenze. Mu kiganiro yahaye BBC binyuze kuri telefoni, Trump yabajijwe ...









