Perezida Paul Kagame yavuze ko bigoye kubona amagambo wakoresha mu kuvuga urupfu rw’umuganga akaba n’inshuti y’u Rwanda, Dr. Paul Farmer, witabye Imana kuri uyu wa Mbere afite imyaka 62. Yazize urupfu...
Umunyamerika Dr. Paul Farmer washinze Umuryango Partners in Health ari na wo Kaminuza y’Ubuzima y’i Butaro (University of Global Health Equity, UGHE) ishamikiyeho, yitabye Imana kuri uyu wa Mbere afit...

