Mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira taliki 15, Mata, 2024 Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa azasura Uganda. Byatangajwe n’Ibiro bya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda ku ...
Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rya Uganda rwatangaje ko itegeko ribuza ubutinganyi muri iki gihugu rikomeza kubahirizwa nk’uko ryatowe mu mwaka wa 2023 ariko ruvuga ko abo rireba bemerewe u...
Umuhanzi wo muri Uganda uri mu bakunzwe mu ngeri zose z’abaturage b’iki gihugu witwa Eddy Kenzo yaraye ageze mu Rwanda mu gitaramo yatumiwemo ngo azifatanye na bagenzi be mu kwizihiza no kumurika alub...
Mu burakari bwinshi, abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo batwitse ibendera rya Amerika. Bayishinjaga ko ari iyo ifasha u Rwanda na Uganda gutera DRC, bakavuga ko batwitse iri bendera kugira...
Mu ntangiriro z’Icyumweru kiri burangire kuri uyu 04, Gashyantare, i Kisoro muri Uganda haguye Umunyarwanda, apfira muri bisi yavaga i Kampala igana i Kisoro.Yitwa Tuyizere James akaba akomoka mu Mure...
Aristide Mugabe wari umaze imyaka irindwi akinira iyi kipe iri mu muzikomeye muri Basketaball y’u Rwanda yayisezeyeho. Yashimiye abamubaye hafi mu myaka amaze akinira iyi kipe. Iby’uko yayivuyemo yabi...
I Nairobi muri Kenya haraye hahuriye Abaminisitiri b’ingabo bo mu bihugu bigize uyu muryango wongeyeho n’Ibirwa bya Comoros. Uretse ibiganiro byahabereye, habereye n’umuhango wo guhererekanya ubuyoboz...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yabwiye abanyacyubahiro bari muri Uganda mu Nama mpuzamahanga y’ibihugu bivuga ko bidafite aho bibogamiye ko iyo abantu bunze ubumwe bagera kuri by...
Steven Kabuye uzwi mu guharanira ko ababana bahuje ibitsina bagira uburenganzira muri Uganda ari mu bitaro aho arembeye nyuma yo guterwa ibyuma ahantu hatandukanye. Yatezwe igico n’abantu bataramenyek...
Ursula von der Leyen yageze i Kigali kuri uyu wa Mbere taliki 18, Ukuboza, 2023 mu ruzinduko ari butangirire mu muhango wo gufungura ku mugaragaro uruganda rukora inkingo ruri bufungure mu gihe gito k...









