Umugaba w’ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Major General Kayanja Muhanga yaraye afunguye ku mugaragaro umuhanda wubatswe muri Ituri n’ibigo bikora imihanda byo muri U...
Uhagarariye Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Uganda yikomye inzego z’umutekano z’iki gihugu kubera icyo yise kubangamira uburenganzira bwa muntu bikorwa n’inzego z’umutekano za Uganda. Ubu butum...
Perezida Yoweli Museveni yongeye guha Brig General Felix Kulayigye inshingano zo kuba Umuvugizi w’Ingabo za Uganda, UPDF, asimbuye Brigadier General Flavia Byekwaso. Kulayigye yari asanzwe ari mu Ntek...
Umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda wafunguwe. Gusa ntiwafunguwe uko wakabaye kubera COVID-19. Guhera muri Werurwe 2020 ubwo byemezwaga ko icyorezo cya COVID-19 cyageze mu Rwanda, imipaka yose ...
Kuba umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda wafunguwe ni ‘intambwe nziza.’ Abaturage b’u Rwanda na Uganda bari bakumbuye kugenderanira, bagahahirana, ndetse abafitanye isano cyangwa abaziranye ba...
Amakuru ava i Gatuna aravuga ko mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Mbere taliki 31, Mutarama, 2022 inzego z’umutekano ku ruhande rw’u Rwanda n’urwa Uganda zahuriye ku mupaka wa Gatuna kugira ngo ziga...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko n’ubwo umupaka wa Gatuna wafunguwe, ariko Abanyarwanda batarambuka ngo bajye muri Uganda ari benshi. Impamvu ngo ni uko batarapimwa COVID-19 ariko ntawamenya niba hatari...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda yasohoye itangazo rishima icyemezo giherutse gufatwa na Guverinoma y’u Rwanda cyo gufungura umupaka wa Gatuna uhuza ibi bihugu byombi. Muri iryo tangazo hand...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba Dr Peter Mathuki yatangaje ko icyemezo Leta y’u Rwanda yafashe cyo gufungura umupaka wa Gatuna, umwe mu mipaka iruhuza na Uganda, ari inkuru...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ku wa 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uruhuza na Uganda uzafungurwa, nyuma yo gusanga hari ubushake bwo gukemura ibibazo bimaze igihe mu mubano w’ibih...









