Abantu bari bavuye mu bukwe gusaba bakoreye impanuka ahitwa Chekwatit, muri Kaserem ku muhanda wa Kapchorwa-Mbale abagera kuri 13 barapfa. Toyata Hiace bari barimo yataye icyerekezo irenga umuhanda yi...
Ikigo cya Uganda gishinzwe irangamuntu n’irangamimerere, The National Identification and Registration Authority, NIRA, cyatangaje ko guhera tariki 27, Gicurasi, 2025 buri muturage ufite imyaka y’ubuku...
Imwe mu makipe ahagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Basketball rikinwa mu rwego rwo kuzirikana abahoze ari abakinnyi b’uyu mukino bazize Jenoside yakorewe Abatutsi ari yo APR BBC iri kwitwara neza. S...
Haribazwa ingano y’abazaza mu gitaramo cy’Umunyarwanda Mugisha Benjamin, The Ben, giteganyijwe kuzabera muri Kampala Serena Hotel cyane ko kizagongana n’icy’umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda witwa...
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda General Muhoozi Kainerugaba yasohoye itangazo rivana Major General James Birungi mu nshingano zo kuyobora iperereza rya gisirikare agasimburwa na Major General ...
Yoram Baguma w’imyaka 28 y’amavuko yemereye urukiko ko Tariki 11, Werurwe, 2025 yashatse guhutaza Perezida Museveni ubwo yari yagiye kuganira n’abatuye Kawempe ku byerekeye amatora. Icyo gihe hari ama...
Sosiyete Sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko hari abasirikare bakorera ahitwa Watalinga muri Teritwari ya Beni muri Kivu ya Ruguru bagurisha muri Uganda igihingwa cya cacao mu bury...
Ahitwa Bugiri mu Burasirazuba bwa Uganda habereye impanuka yaguyemo abantu 12, abandi batandatu barakomereka nk’uko Polisi ikorera muri aka gace ibyemeza. Yabaye ubwo ikamyo yagonga bisi yari itwaye a...
General Muhoozi Kainerugaba uyobora ingabo za Uganda yatangaje ko urugendo yakoreye mu Rwanda rwagenze neza. Avuga ko imikoranire hagati y’igisirikare ayoboye na RDF ari myiza kandi ikwiye gukom...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF) Gen Muhoozi Kainerugaba, aherekejwe na mugenzi we w’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka M...









