Nta myaka ibiri, itatu…ijya ishira nta kibazo cy’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda kivutse! Akenshi Kenya ishinja Uganda gushaka kuzuza ku isoko ryayo ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge cyangwa bihomb...
Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bari muri Uganda kugira ngo bifatanye na bagenzi babo bo mu Karere u Rwanda ruherereyemo, batangiranye nabo imyitozo yiswe Ushirikiano Imara 2022. Bazayikorana na ba...
Muri Kenya haravugwa ikibazo cy’ibinyampeke bike k’uburyo abaturage miliyoni 12( benda kungana n’abatuye u Rwanda) badafite ibiribwa bihagije. Imibare yo mu mwaka wa 2020 yasohowe na Banki y’Isi ivuga...
Mu Nama idasanzwe yateranyije Umuryango w’Abibumbye ku kibazo cy’ibiri kubera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, abahagarariye u Rwanda na Uganda basabye ko isi yakurikiranira hafi iby’ingengabit...
Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yaraye abwiye abapolisi b’u Rwanda 52 bagiye kujya muri Uganda kwitabira imyitozo kuzerekana ubunyamwuga n’ubushobozi bisanz...
Ni ikibazo cyabajijwe Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 18, Gicurasi, 2022 avuga uko ubuzima bw’igihugu bumeze, asubiza ko kugira ngo ur...
Umunyarwanda Sergeant Major Kabera Robert mu minsi ishize wavuzweho gusambanya umwana yibyariye nyuma agahungira muri Uganda, hari amakuru avuga ko yatawe muri yombi. Kimwe mu binyamakuru byo muri Ug...
Afurika ni umugabane ukennye kurusha iyindi muri rusange. Icyakora iyo urebye uko ubukungu bwa bimwe mu bihugu byayo buzamuka, ubona ko mu gihe kiri imbere, Afurika izaba ikize bigaragara! Mu kubireba...
Nyuma yo gutorerwa kuyobora Ihuriro ry’ibihugu 18 by’Afurika biri mu bufatanye bwo kurwanya ruswa muri Commonwealth, u Rwanda ruvuga ko ruzafasha mu gutuma rigira urubuga rwa murandasi n’iteganyabiko...
PerezidaYoweri Museveni aherutse kuvuga ko Minisiteri z’ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba nibiba ngombwa zizahuza ingabo zigakora itsinda ryakoherezwa muri Mozambiq...









